2017:Umwaka mushya muhire w’ihumure n’imigisha

« Uhoraho aguhe umugisha kandi akurinde »muri uyu mwaka w’ihumure n’amahoro.

Abo umwaka wa 2016 wahiriye, nguyu n’undi uraje ngo bibuke aho byabirahure babiteretse maze bafate akanya ko gushima.

Erreur
Cette vidéo n’existe pas

Naho abo uwo mwaka utagendekeye uko babyifuzaga,muri uyu wa 2017 ibihu ntibizababuze guhaguruka no kwegera abandi ngo badaheranwa n’agahinda.

Erreur
Cette vidéo n’existe pas

Abo bandi kandi na bo bakeneye umugisha urenze uw’umubano mu bantu ngo utazamungwa na rwa runturuntu.Ni yo ntego y’Ijambo ry’Imana ry’uyu munsi(Isomo rya mbere)cyane ko noneho umwaka usanzwe wahuriranye n’uwa Liturikiya(année civile coïncide avec année liturgique):
« Uhoraho abwira Musa,ati »Dore ibyo uzabwira Aroni n’abahungu be:Abayisiraheli muzajya mubaha umugisha muti:’Uhoraho aguhe umugisha kandi akurinde!Uhoraho akurebane impuhwe kandi agusakazemo inema ze!Uhoraho akwiteho,kandi aguhe amahoro!’
(Ibarura 6,22-26)

Erreur
Cette vidéo n’existe pas

Muri urwo rwego,Kubahonet ibifurije, mwese basomyi bayo, umwaka w’ituze n’amahoro.
Kubahonet wishes you a Happy new year and peace for all yours.
Kubahonet vous souhaite une année merveilleuse et paix pour les vôtres.

Mwese muzagire amata ku ruhimbi
Muzaturwe ingata ibihumbi.
Mwese BONNE ANNEE,muri wa mudiho w’Impala zo hambere!


By P.B

Europe 2017: les réfugiés sont nos frères et sœurs!

Ils se comptent par millions ces gens qui quittent leurs pays pour se réfugier en Europe.Les grandes villes qui les attirent ont besoin de moyens suffisants afin de les accueillir avec humanité et dignité.

On ne peut pas préparer l’année 2017 en oubliant le nombre de millions d’hommes et de femmes qui ont fui leur pays pour rejoindre, la plupart du temps, les grands centres urbains européens. Car les villes, construites par l’afflux successif de migrants, continuent d’attirer tous ces gens.

Dans ce sens,plus de 70 maires de grandes villes européennes étaient réunis en plein cœur des jardins du Vatican.Ils viennent d’Italie, d’Allemagne, d’Espagne et de France, mais aussi du Danemark, de Grande Bretagne ou de Pologne. Ils étaient invités par l’Académie pontificale des Sciences pour un sommet de deux jours,sur l’accueil des migrants dans leurs villes.

Ces deux jours, 9 et 10 décembre 2016,ont été une plateforme d’échange offerte par le Saint-Siège pour leur permettre de se mettre en réseau et, à terme, d’accueillir puis d’intégrer au mieux «ces frères et sœurs», comme l’indique l’intitulé de la conférence : «Europe : les réfugiés sont nos frères et sœurs».
A lire:70 grandes villes en discussion sur l’accueil des réfugiés

Faute de moyens ou de volonté politique,il n’échappe à personne que les municipalités ont parfois du mal à les accueillir convenablement. Le socialiste belge Yvan Mayeur, bourgmestre de Bruxelles, capitale de la Belgique et de l’Union européenne, estime qu’il faut offrir un accueil digne aux migrants. Sa ville se mobilise en ce sens, sans l’appui qu’il souhaiterait de la part de l’État belge.

Peut-être que cette année, il y aura quelque chose de nouveau dans l’accueil de ces réfugiés,avec solidarité et dans la dignité.

By P.B

Ce pays où les femmes enlèvent et violent des hommes!

Le harcèlement sexuel ne concerne plus seulement les femmes.Les hommes sont aussi de plus en plus violés.Les voix commencent à se faire entendre,timidement.

Plusieurs hommes ont porté plainte mais ils n’ont pas été pris au sérieux. A Bulawayo, trois femmes ont obligé un policier de 26 ans de monter dans leur véhicule. Il les a trouvées tout armées de pistolets de pointe et elles l’ont violé. Il s’est réveillé quelques heures plus tard, sur un terrain en dehors de la ville.

Un phénomène inquiétant

Les autorités zimbabwéennes ont récemment été alertées par ce phénomène inquiétant. Des hommes affirment avoir été victimes de viols perpétrés par des gangs de femmes armées. En onze mois, six cas ont déjà été signalés et une enquête a été récemment ouverte.
Selon le site internet d’information Afrik-News, la dernière victime serait cet officier de police de 26 ans originaire de la ville de Bulawayo. D’après le porte-parole de la police Bekimpilo Ndlovu, il y a des indices qui permettraient de trouver quelques pistes.

Des hommes au sperme recherché

Toujours selon le même site d’internet, un premier cas a été constaté en 2009 où un père de famille portait plainte pour viol et séquestration. Il aurait déclaré avoir été abusé sexuellement par trois femmes armées, après avoir été obligé à ingurgiter une poudre pas encore identifiée. A l’époque, son cas a été banalisé.

Puis en février dernier, c’était un jeune homme de 25 ans qui portait plainte pour avoir été menacé par un groupe de quatre femmes, le violant avec un pistolet pointé sur la tempe. Quatre mois plus tard, elles sévissaient, cette fois-ci, dans une cathédrale de Harare.
A lire: Des femmes violeuses sèment la panique

Dans la plupart des cas, ces femmes forcent leurs victimes à porter un préservatif, et s’en vont après avoir collecté le sperme. Selon les autorités, elles seraient sous l’emprise d’un gourou. Quant à Claude Mararike, un sociologue professeur à l’université du Zimbabwe, il est très probable, dit-il, que le sperme soit utilisé pour des rituels.

Et si le harcèlement sexuel se masculinisait? La voix de ceux qui sont forcés de faire l’amour sera -t-elle entendue?Est-ce le moment de la superstition dans un pays où 87% de la population(12 570 000) sont chrétiens?Cela nous pousse à réfléchir.

By P.B

Zambie: »A 52 ans,je couche avec mon fils pour maintenir sa richesse! »,disait-elle

Pour protéger la richesse de leur entreprise,elle se livre,tous les mercredis,aux relations sexuelles avec son fils.C’est un rituel qu’ils accomplissent selon les instructions du sorcier,source de cette richesse.

Serait-il un vice incurable ou effet de sorcellerie?Banda Yvone ne l’a pas caché.A 52 ans,elle avoue qu’elle a régulièrement les relations sexuelles avec son fils.Ils accomplissent ce rituel tous les mercredis,depuis 14 ans.Elle s’offre ainsi à son fils,une fois par semaine suivant les instructions du sorcier auquel Abel a fait recours pour s’enrichir.

Cette maman amoureuse de son fils affirme qu’ elle s’est confessée dans son église Grande-Uni church.Le pasteur aurait prié pour elle.Malgré cette confession et la prière qui s’en est suivie, elle reconnait avoir continué d’entretenir cette relation incestueuse avec son fils de peur qu’il ne souffre et ne meure.

C’est comme si elle en est vraiment convaincue:“Je couche avec mon fils, Abel, depuis 2002 quand il a commencé son entreprise de transport. Son chiffre d’affaire a augmenté considérablement. Aujourd’hui, il possède des camions, des bus et autres petites voitures. »
A lire:Une mère de 52 ans couche avec son fils

Et d’ajouter avec une sorte de fatalisme:“Quand je cesserai de coucher avec lui, toute notre richesse durement gagnée va disparaître et mon fils va mourir d’une mort très douloureuse.” C’est le prix du business!

Questions:Les parents ne penseraient au bonheur de leurs enfants qu’en terme de richesse?Est-il vrai que les sorciers ont un pouvoir sur les gens raisonnables?Comment parviennent-ils à manipuler les esprits jusqu’à ce niveau d’aveuglement?La sorcellerie serait-elle une pratique courante dans ce pays de Zambie,surtout dans cette région de Ndola?Aux lecteurs bien informés de nous éclairer.

By P.B

Rwanda:Barashaka gukuramo Western Union!

Inzira y’ubukungu n’iterambere ntikihariwe na bamwe.Aba basore b’Abanyarwanda bashinze Mergims na Vugapay barashaka guhinyuza Western Union.N’ubwo inzira ari ndende,barashaka kwerekana ko ishobora kuba Nyabagendwa

Indoto z’aba basore bakiri bato,zirerekana ko ejo hazaza h’u Rwanda ari heza.Izo ndoto batangiye kuzishyira mu bikorwa ubwo bamurikaga imishinga ya programu bazifashisha mu kuzikabya:Mergims na Vugapay. Ariko se bizaborohera?

Mergims ya Muhiremergims

Louis Antoine Muhire atangira agaragaza neza uko igitekerezo cyamujemo n’ikizatuma kigira ingufu.Ngo aho yabaga mu gihugu cya Canada,ntibyamworoheraga kugira icyo yoherereza abo yasize i Rwanda.Yaje gusanga abantu bose bari mu mahanga ,bahuriye kuri icyo kibazo cyo kugeza ku babo amafranga.louis-muhire

We yabonye hari ibindi bikenerwa ku buryo bwihuse bitabaye ngombwa kohereza amafranga yo mu ntoki.Ibyo ni nk’amafaranga y’ishuri,ay’amazi n’umuriro,mitiweli…Ibiciro bye yemeza ko biri hasi:5% by’ibyoherejwe(frais de transfert)

Patrick na Ceddy bazanye Vugapayvugapay

Nta kintu kigaragaza icyatumye Muhoza na Muhire bahuza iki gitekerezo ku buryo iyi gahunda yabo itazasandara bidateye kabiri.Icyakora kuva tariki ya 24Werurwe 2016 bamaze kugira abakiriya mu bihugu birenga 8: Rwanda, Kenya, Uganda, Tanzaniya, Niger,Malawi,Zambiya,Kongo-Kinshasa.Ubwo bazakomereza no ku yindi migabane.

Inzira ni ndende

Si ukurota gusa,ahubwo bashaka guhangana(concurrence) na Western Union badatinya no kuyihiga ngo bayihigike.Ariko ubishishoje neza, biragaragara ko inzira ikiri ndende,haba mu biciro cyangwa mu kwihuta kwa serivisi.Uwashaka gukabya, yavuga ko ari nka rwa rushishi rudatinya gutondagira inzovu.

Muri iyo nzira kandi n’abakeba na bo ni benshi.Nko ku mugabane wa Afurika, Vugapay izahahurira na M-Pesa(Kenya),Money Express(Gambie)cyangwa Globaltransfert.
Itandukanirizo rishobora kuba n’inzitizi ni uko ibiciro(fees) bya Vugapay bikiri mu mafaranga y’Urwanda(frw) nk’aho ay’amahanga(devises)atemewe.Naho Mergims ishobora kwigira kuri C-Pesa dore ko yo yaka 3% ku mafaranga yoherejwe muri Comores.

Abakeba si abo gusa kuko hari n’abandi bari kurya Western Union isataburenge mu buryo bwo kugabanya ibiciro.Twavuga nka Woldremit,Moneygram,Azimo na Paytop.Aha rero ni ho aba basore b’Abanyarwanda bakwiye kurebera.Tutibagiwe ko n’imbere mu gihugu hari MTN Mobil Money.Twabatungiraga agatoki.

Umunzani ni iyi minsi mikuru cyangwa ibindi bihe nk’ibiruhuko.Bagombye kugaragaza akarusho mu gukurura ababagana.Twizere ko batazasoza urugendo rwabo bazimiye nka Rwandacash yakinagiye mu myaka yashize,ikava mu kibuga itarenze umutaru.

By P.B

Noheli buri mwaka si uguta igihe:ya mva ntiyarimo ubusa!

Noheli si isabukuru gusa

Bamwe batekereza ko Noheli ari nk’izindi sabukuru z’amavuko(anniversaire). Abadakunda kwizihiza bene izo sabukuru bahitamo kwiyicarira iwabo,bakagereka akaguru ku kandi,habe no gusohoka.

Nyamara n’ubu na bwo ni ubundi buryo bwo guhimbaza Noheli bafata igihe cyo kwibuka ko batazaruhukira mu mva!Ukwigira umuntu kwa Jambo(incarnation)gucira amarenga buri wese ngo « ibuka ko uri umuntu! »kandi ko byose bigira intangiriro(n’iherezo).

Ku rundi ruhande ariko,ubucuruzi bujyana n’iminsi mikuru ya Noheli butera bamwe kurungurirwa.Ihururu ry’iyo minsi mikuru bakarirambirwa.Hari n’abibwira ko Noheli ya buri mwaka ari uguta igihe no kwaya bitari ngombwa.Bakeneye kumva ukuntu Noheli atari isabukuru gusa.

Imva ya Yezu igiye kubyerekana

Nyuma y’imyaka 200,imva ya Yezu yongeye gukingurwa.Ubwa mbere ni igihe abigishwa be(abagore!) basangaga ikinguye,maze Malayika akababwira ko Yezu yazutse(Mt 28,6).Kuva icyo gihe iyo mva yararinzwe bikomeye kugira ngo hatagira abayangiza cyangwa bagasibanganya ibimenyetso.

Ibyo kuyifungura byari biherutse mu mwaka wa 1810.Ni bwo abashakashatsi b’ibyakera(archéologues)bagerageje kongera kwinjira muri iyo mva Ibitabo bitagatifu bitubwira ko ari yo Yezu yahambwemo.Icyo gihe ariko, abo bahanga ntibanyuzwe n’ibyo babonye.

Ko mu kirugu hari akarusho

Uyu mwaka byabaye ibindi.Ibyari amabanga y’ukwemera bigiye kwemezwa n’iminsi n’ibihe.Abatemeraga ko ukwemera kwacu gufite ishingiro risumba ibisanzwe ,bagiye kuva ku izima.
Isomere: La tombe de Jésus révèle ses secrets
Ko Yezu yavutse,byo ntibabishidikanyaho.Kuba yarazutse koko, ni byo bashaka kumenya ikirugu-1kandi ni byo biha agaciro cya kirugu yavukiyemo.Ni yo mpamvu bibashishikaje. Nibabigeraho bazatangazwa n’ukuntu mu kirugu ariho abemera basanga akarusho nk’uko isomo rya kabiri ryo ku munsi wa Noheli ribivuga:

« Yezu uwo ,asumba abamalayika kuko n’izina yahawe ritambutse kure ayabo.Koko rero,ni nde wo mu bamalayika Imana yigeze ibwira iti  »Uri Umwana wanjye;ni njye wakwibyariye uyu munsi’?Cyangwa se iti « Nzamubera umubyeyi,na we ambere umwana »?Kandi igihe yohereje imfura yayo ku isi,yaravuze iti »Abamalayika bose b’Imana bazamupfukamire »(He 1,…4-6)

Twebwe abadasumba abamalayika,niba amavi akibitwemerera,uyu ni wo munsi!Noheli nitubere munsi mukuru koko, aho abakera n’ab’ubu basimbagizwa n’ibyishimo(bondissent de joie)kubera ukwemera kubatera guharanira amahoro no kubaho mu ituze risesuye.

Bityo,n’umwaka wa 2017 uzatubera muhire,buhoro buhoro twirebere uko ugenda utembamo amata n’ubuki.Mu kwizera kudatamaza…

By P.B

Quand le Pape François demandera pardon pour le génocide rwandais?

Ici à Kigali,les langues se délient.C’est notre président Paul Kagamé qui a donné le ton.Lors de la dernière Rencontre nationale dite Umushyikirano(National Dialogue Council),il a réagi à la demande de pardon formulé par les évêques du Rwanda pour les membres de l’Église qui ont trempé dans le génocide.
129c39f71a993244d8369fb3439b28Ce pardon a été rendu public le jour de la clôture de l’Année de la Miséricorde. C’était dans un communiqué qui devait être lu dans toutes les paroisses du pays.En signe d’unité,il a été signé par tous les évêques des 9 diocèses que comprend le Rwanda.

Mais il n’a pas été jugé suffisant car l’Église n’a pas reconnu son implication en tant qu’institution.C’est la raison de la question du président: »Quand le Pape François demandera-t-il pardon pour le génocide au Rwanda comme il le fait pour les prêtres accusés de pédophilie? »

En répondant aux journalistes pendant la conférence de Presse du 16 décembre,Paul Kagamé n’a pas caché son indignation.Il a affirmé qu’ « il ne comprend pas si, pour le Pape François, la pédophilie est un crime plus grave que le génocide« . De plus,ajouta-t-il,il(le Pape) n’aurait pas à craindre les réparations, car l’Église le fait ailleurs pour les victimes de pédophilie. »

Dorénavant,le sujet des « victimes » est redevenu d’actualité dans toutes les réunions.Les attaques à l’encontre de l’Église sont ainsi les plus vives.Ce mercredi même,il y en a qui pensaient mettre la pression sur l’Église pour que la demande de pardon du Pape coïncide avec les vœux de Noël.Les oreilles seront suspendues à Rome.

By Kaneza Pascal/NYAMIRAMBO

Zimbabwe : Son économie en chute libre,au rythme de son président

Son âge ne l’a pas empêché de briguer un autre mandat pour 2018.Robert Mugabe refuserait-il d’avoir un successeur de son vivant?Peut-être que Zimbabwe va attendre longtemps pour que son économie renaisse de ses cendres.

648x415_le-president-du-zimbabwe-robert-mugabe-le-17-decembre-2016-a-masvingoA 92 ans,Robert Mugabe croit être plus jeune encore pour diriger le pays.Le parti au pouvoir, ZANU-PF,juge utile de le garder au lieu de le voir perdre la tête faute de pouvoir.Pourtant,quand il perdait l’équilibre et s’atterrait,ils étaient nombreux à le regarder vaciller.
Ses conseillers et ses partisans ont fermé les yeux.Après 36 ans d’indépendance du Zimbabwe,ils ne se sont pas rendus compte que le chômage atteignait le même sommet que l’âge de leur président:90% de chômeurs.

zimbabweLe Zimbabwe n’est point ce pays dont l’enclavement ne constitue pas un obstacle insurmontable.Celui qui se voulait l’égal des Américains en frappant ses propres dollars n’est que l’ombre de lui-même.Les habitants s’interrogent sur la valeur des billets frappés par ce pays.Son économie sommeille alors que celles des autres pays se réveillent pour se moderniser davantage.

mugabeA l’instar de leur président,tous les secteurs économiques de ce pays autrefois prolifères sont en veille sinon en berne.L’opposition, la société civile et les jeunes guettent l’opportunité pour renouer avec la prospérité.Jusqu’où supporteront-ils ce très vieux chef d’Etat?
harare-et-mugabeEn attendant,les uns fêteront Noël dans la rue tandis que les autres seront à genoux pour implorer le ciel et la terre d’intervenir.Tous pour la même cause:le changement et l’aspiration au bien-être.
By P.B

Kenya:Umukecuru n’umwuzukuru bibaniye nk’umugabo n’umugore

Abantu bo mu majyaruguru ya Kenya bakubiswe n’inkuba baguye gitumo abo batakekeragaho bene ayo mahano.Umwuzukuru na nyirakuru bari biturije mu buriri nk’umugabo n’umugore.Uwo mukecuru w’imyaka 72,we nta soni byari bimuteye kuryamana n’umwuzukuru we utarengeje imyaka 20.

Abaturanyi bamubajije icyabimuteye abahindura urw’amenyo ngo birengagije ko amaboko ye hari aho atakikora!Ngo umwuzukuru nta kibi yakoraga uretse kumufasha kwikiza insya(poils pubiens).Abari aho bose bicwa n’inkwenene.

Bahise badukira umusore,ariko we ntiyabahisha.Ngo abikora uko nyirakuru abimusabye.Kandi ngo bitangirira no mu mvugo,kuko hari ubwo abivuga n’ababyeyi bumva ngo « umugabo wanjye uyu munsi arandaza« ,bo ntibasobanukirwe,bakibwira ko ari amashyengo.

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru http://www.imatin.net, ngo ibyo bikunze kubaho mu bihe by’iminsi mikuru.Igishimisha uyu musore ni uko iyo barangije,uwo « mucuti we » amubwira ngo « urakoze mugabo mwiza. » Akemeza ko ari nta mukobwa n’umwe uramubwira amagambo nk’ayo nyuma y’igikorwa nk’icyo.

Gusa,iki kinyamakuru ntikivuga niba uyu mukecuru yararezwe gufata abana, cyangwa niba hari ibihano umuryango wamugeneye.Ese ababyeyi b’uyu musore bazabyitwaramo gute?Rwacibwa n’uwaba azi neza niba mu mico yabo habamo kirazira!

None iminsi mikuru yaba iduhemukira,hafi no kuduhekura?

By P.B

« Moi élu,on pourra se dire Joyeux Noël au lieu de Joyeuses Fêtes »,disait Trump

Était-ce calculé pour se faire élire par les chrétiens?Maintenant qu’il est élu,va-t-il respecter cette promesse?Se rappelle-t-il que le 8 février 2016 il disait: »Je vous le garantis,moi élu,on pourra se dire Joyeux Noël au lieu de Joyeuses Fêtes« ?
Le temps est proche pour prouver que Trump ne trompait pas.Peut-être va-t-il trouver sa marque commerciale de « Père Noël »!

17-fevrier-2016-francois-priant-devant-croix-erigee-frontiere-entre-mexique-etats-unis-amerique-ciudad-juarez-mexique_0_730_470De retour de sa visite au Mexique,le Pape François avait réagi au projet de Trump de construire un mur à la frontière américano-mexicaine.Ce jour là,il avait affirmé que « Celui qui veut construire des murs et non des ponts n’est pas chrétien. Ce n’est pas l’Évangile. Voter, ne pas voter, je ne m’immisce pas. Je dis seulement que celui qui dit cela n’est pas chrétien.  » Par sa prière,il voulait unir les deux mondes que les politiques semblent diviser.

Les chrétiens(catholiques et évangéliques)qui se sentaient méprisés sous Obama, auraient voté massivement pour Trump.Lui non plus ne cachait pas sa foi presbytérienne: »Je suis fier d’être chrétien et comme président je ne permettrais pas que la chrétienté soit constamment attaquée et affaiblie. »

Que fera-t-il pour que Noël soit autant joyeux pour les Américains que pour les Mexicains?Sera-t-il joyeux pour ceux qui ont ou auront l’obligation de quitter le territoire(américain…)?

A voir…

By P.B

Noël à contresens:Le Père Noël descendait du ciel de Montreuil

pere-noel-a-montreuil-jpg1Une grande foule bigarrée attendait les yeux tournés vers le ciel de cette église de Montreuil sur Ille.Leur nombre chassait l’effroi du froid de cette soirée de samedi 10 décembre.

Eux,ils n’ont pas voulu entendre « l’histoire de la messe ». Ils attendaient dehors.Ce soir là,le Père de Noël  allait descendre du ciel.C’est marrant.A l’intérieur de l’église,ils n’étaient qu’une cinquantaine.

Pressé pour assister à cet événement,un couple roulait à contresens.Quand les policiers l’ont arrêté,il s’est exclamé: »C’est Noël,et le Père Noël va descendre là-bas. » Les policiers se sont mis à rire aussi: « Vous fêtez Noël à contresens? » Voici le cadeau qui vous indiquera le vrai Noël:contravention à payer sous 48 heures.

Ce couple a-t-il compris la leçon?Le Père n’avait pas besoin de descendre.Ni le jour,ni la nuit.Il a envoyé son Fils,Jésus, qui ne pouvait pas se perdre d’autant qu’il est vraie lumière.Que viendrait chercher le Père Noël?Donner des cadeaux,direz-vous. Pour cela,  nombreux sauront conduire à contresens.

By P.B

Mu Rwanda,ikigori ni imari ikomeye

Ibigori biri mu bihingwa byahagurukiwe guhinganwa imbaraga.Mu Rwanda bumvise akamaro kabyo ku buryo badashaka gutungwa n’iby’i Bugande.

Hashize imyaka babyotsa

Ntawamenya ko cyera byaryohaga byocyeje gusa.Ubu ibintu byarahindutse.Ikigori ahubwo gisigaye ari imari ikomeye.Abadafite ubushobozi bwinshi ni bo babyanika hanze no ku musozi.Birumvikana ko n’ahangaha bisaba kubirinda nk’ucunze zahabu.ikigori-1

Ikibazo gikomeye ndetse gisa n’ikitazabonerwa umuti ,ni uko buri mwaka batubwira ko hazaza imbuto nshya.Ihinga rikagera izo mbuto z’ibigori zitaraza,maze ibyo twahunitse bikaba ari byo bihinduka imbuto.Iyo itera rirangiye,ibintu biba ibindi.No kubona icy’umuti bihita bigorana.

Nka hano iwacu mu Karere ka Gisagara,Umurenge wa Save twarumiwe.Igihe cy’izuba cyabaye kirekire cyane bikabije.N’aho imvura igwiriye tubura imbuto kandi Ubuyobozi bwatubwiraga ko nta kibazo cy’imbuto tuzagira.Ubu turibaza niba abahinze ibisanzwe bazagira umusaruro uduhagije.

Dusubiye kuri kawunga y’i Bugande!

kawungaInganda zitunganya ifu y’ibigori zari zimaze gukwirakwira.Ubu inyinshi ntizikibona icyo zisya kubera ibura ry’ibigori.Uwo muganiriye kuri iki kibazo cyibura ryabyo,avugana amaganya ngo « Dusubiye kuri kawunga y’i Bugande nyine! ».Abenshi bari barayivuyeho ngo ntibaryohera.

Kandi nta kundi byagenda kuko yo ihendutse.Naho iy’iwacu abayigondera muri ibi bihe ni mbarwa ndakurahiye!Nawe se, kubona ikilo kiva kuri 350frw kikagera kuri 650fr,ni ibintu byoroshye?Ku y’i Bugande,umuntu asaguraho n’umunyu kuko itarenza 420frw.

Aho kibonetse ni twibanire

N’ubwo bimeze gutyo,hari abandi babizamukiyemo.Bamwe bahinze ibyo kurya mu turima tw’igikoni ntacyo baganya.Abanyakigali ni bo bazi kutumara amapfa iyo twasimbukiye muri Kapitali.Ikigori cyokeje mu ruhisho ugifatanya na mushikate bikaba twibanire maze ukishyura 500frw udashishwa.
amandazi_y_ibigori
Naho abakunda Indazi,ikigori cyababereye akanyuzabagabo!Bahitamo gutanga 200frw ngo baruhuke zimwe zisanzwe za 100fr.Uburyo bwo kongerera ikigori agaciro buracyari bwinshi kandi bwabeshaho benshi.Iyaba n’aba bafite amikoro make batabuzwaga amahwemo kandi ubushake ari bwose mu bamaze kumenya akamaro k’ikigori.

Gashema Gaju Gilbert/Akarere ka Gisagara

Niba ufite igisubizo ku mpamvu z’imirire mibi mu Rwanda…

Mu bihugu byinshi bya Afurika hakunze kuvugwa ibibazo by’imirire mibi mu bana.Reka dutekereze neza uko byifashe mu Rwanda rwacu.Ese twumva kimwe impamvu zitera imirire mibi n’umuti wa nyawo?Ibisubizo byiza nibisangirwe.Tubitegereje ku bwinshi!Ngaho rero tangaIbitekerezo ku mirire mibi mu Rwanda

Twibuke ko abana bagwingiye mu Rwanda(malnutris)bagera kuri 37%(2015).Muri 2005 ngo bari 51%.Ni ukuvuga ko mu myaka icumi bagabanutseho 14%.Bisobanuye kandi ko buri mwaka bagabanukaho 1.4% gusa.Bikomeje gutyo, twazategereza imyaka irenga 20 kugira ngo iki kibazo gikemuke, maze abana bose bagire ubuzima bwiza.Ngiyo imvano y’iki gitekerezo cyo gushakira hamwe namwe ibisubizo musubiza biriya bibazo 3…..

By P.B

Mutagatifu Yohani w’Umusalaba

Dore umutagatifu wadusangije amabanga y’umusalaba wa Kristu mu buzima bwa roho y’umuntu ushishikajwe no kwegera Imana.

Yuan de Yepes Alvarez yavutse tariki 24 Kamena 1542 mu gihugu cya Espagne,ahitwa Fontiveros hafi y’umujyi wa Avila.Afite imyaka 3 gusa yapfushije se(1545)arerwa na nyina ku buryo bugoranye.Ibi byatumye ahora atekereza ku mpfubyi no ku nzira idashobora kuzibagiza Imana mu bihe bikomeye(La Nuit Obscure).

Nyuma y’amashuri ye ya Filozofiya,Indimi n’Ubuvanganzo,yinjiye mu muryango w’abihayimana b’Abakarume(Carmes),ahabwa ubupadiri mu 1567,ariho yafatiye izina rya Yohani w’Umusalaba,ubwo yakoraga amasezerano ya burundu.Mu misa ye ya mbere ni bwo yahuye na Thérèse wa Avila wamugejejeho icyifuzo cyo kuvugurura umuryango wabo ukagira amaraso mashya.

Yarabyemeye,ariko ubwo buryo bwo gukorana bwamuviriyemo ibitotezo no gufungwa n’abakuru batakozwaga iby’ayo mavugururwa(réforme).Ntiyigeze abarakarira kuko batumvaga aho ibanga ry’ukwemera riri(mystère)ku muntu ushaka kwegera Imana by’ukuri.Nguko uko umusalaba wa Kristu wahinduye ubuzima bwe.Yatabarutse arwaye kandi ananiwe cyane tariki ya 15 Ukuboza 1591.

Hari ingingo yagarukagaho kenshi mu nyigisho ze zadufasha(citations):

 

« Toute inquiétude est vanité »

« Dieu perfectionne l’homme en se conformant à la mesure de l’homme »

« Cherche ton Époux dans la foi et l’amour,sans prendre en rien ta jouissance,sans rien goûter,sans rien entendre au-delà de ce que tu dois savoir.La foi et l’amour sont les deux conducteurs d’aveugle qui te mèneront,par des chemins inconnus de toi,jusqu’aux secrets abimes de Dieu »

« Dieu ne communique jamais la sagesse mystique sans y joindre l’amour par lequel elle se répand »

« Le détachement des objets terrestres donne de ces objets même une connaissance plus claire,qui permet d’en bien juger tant naturellement que surnaturellement. »

« La foi illumine avec ses ténèbres,les ténèbres de l’âme. »

 

Umunsi mwiza no ku bitwa ba Odile

By P.B

Les jeunes de 12 ans contre le pouvoir en RDC!

En République Démocratique du Congo,les violences ne cessent de faire des victimes.Les jeunes sont les plus concernés.Orphelins à 12 ans même,ils ne supportent plus les tracasseries des prétendues forces de l’ordre.

Ils ont revêtu l’habit d’adultes.Les injustices quotidiennes les ont rendus matures.Ces jeunes de 12 ans sont en train de prendre la relève des vieux fatigués de la politique.Eux,âgés même de 4 à 12 ans,ils sont désormais les adversaires incontournables du pouvoir en République Démocratique du Congo.

Orphelins pour la plupart,ils ne peuvent pas bénéficier des bienfaits d’ un milieu familial normal dans ce pays où plus d’un millions d’enfants sont victimes silencieuses des cycles de violence continuels et où pullulent un millier de milices aux actions diaboliques.

Continuer à lire … « Les jeunes de 12 ans contre le pouvoir en RDC! »

L’offre des élus français au Pape François

Les élus français ont fait un pèlerinage à Rome.Ils ont été reçus par le Pape François en audience privée.Avec les évêques de leur région, ils ont offert au Pape un document présentant la collaboration entre la Préfecture du Rhône et les évêques.

Ce mercredi 30 novembre,260 élus ont été reçus en audience privée par le Pape.Ces élus de la région lyonnaise,répondaient à une invitation du Cardinal Philippe Barbarin et des évêques de cette région.Un pèlerinage à Rome pour «éclairer les élus dans leurs décisions» politiques, a précisé le diocèse de Lyon.

En salle Clémentine au Vatican, le Saint-Père a rappelé aux politiques l’importance de retrouver le sens du bien commun et du politique en France, pays marqué par la violence des attentats terroristes. Il a invité ces responsables politiques français à redécouvrir le sens profond et transcendantal des valeurs républicaines de liberté, égalité, fraternité sans qu’elles ne «soient seulement brandies de manière incantatoire».

Selon la Presse du Vatican,ces élus de la région lyonnaise et les évêques ont remis un document au Pape François qui présente la collaboration entre la Préfecture du Rhône et les diocèses pour mettre en place un accueil des migrants au sein des collectivités.Cette offre signifierait-elle qu’ils sont d’accord avec le Pape sur les considérations de ces « valeurs républicaines? »

En leur remerciant,le Pape a souligné la nécessité d’accompagner les élus chrétiens dans leurs prises de décisions.En même temps,il a insisté sur la réflexion que l’Église continuera d’offrir sur l’humain dans une société française fragilisée par l’individualisme.

By P.B

Les Africains,esclaves de leurs présidents?

En continuant de voter pour ces hommes qui appauvrissent leurs pays,les Africains se font esclaves de leurs présidents.Les Gambiens ont fait l’exception.

Africains,esclaves de leurs présidents

C’est une autre vérité qui est en train de monter sur scène:confondre démocratie et esclavage.Imaginez si Barack Obama gardait le pouvoir par un coup de manœuvre parce qu’il a réussi de faire beaucoup de choses sous son mandat!

Curieusement,dans la plupart des pays en Afrique,les Chefs d’État changent les Constitutions dont ils sont les garants pour être des présidents à vie.Sous prétexte d’élection,ils brandissent l’étendard de la démocratie que leur successeur se plaira à démolir.

Et les Africains,esclaves de leurs présidents,votent toujours pour ces gens tout gourmands qui ne se soucient pas de leur peuple. »La seule chose qui les intéresse,s’indignait Trump, est d’accumuler les richesses des contribuables et de se rassembler comme des hyènes pour finir ces pauvres honteusement saignants ».

Exception faite des Gambiens.

Ils ont vécu 22 ans sous le fer et la houlette du Président autocrate Yahya Jammeh.Les Gambiens ont attendu ce 2 décembre 2016 pour pouvoir tourner la page.Ils n’ont pas accepté le cinquième mandat du putschiste transformé en démocrate.Ils montreront leur maturité en évitant de trainer dans la boue leur ex-président.

En votant pour Adama Barrow,ils cherchaient une nouvelle Gambie prospère sous l’égide de cet homme d’affaires.Ils ont choisi un homme qui n’a pas besoin de s’enrichir mais pourra plutôt les rendre riches.Ainsi, ils crient d’allégresse,car ils ne veulent plus entendre ces tristes paroles de la bouche des étrangers ou des médias:la Gambie est le pays le plus pauvre au monde!

By P.B

Kwikebesha byabagejeje mu nkiko

N’ubwo mu bihugu bimwa na bimwe,kwikebesha bishobora kujyana na gahunda zo kwirinda Sida,ntibitangaje ko hari abo byageza mu nkiko.

Ku isi yose,30% by’abagabo baba barakebwe(circoncis).Abenshi babikorerwa bakiri bato bitewe n’imigenzo y’idini ry’ababyeyi(Juifs et Musulmans).Abandi bo babihitamo cyangwa bakabiterwa n’impamvu zinyuranye.

Nta muganga wavura ikitari indwara

N’ubwo izo mpamvu zishobora kumvikana,rimwe na rimwe bigashyirwa no muri gahunda za Leta,urukiko rwo mu Budage ruherutse guca urubanza rw’abakebwe bikabaviramo kuvirirana(saignement)bikabije.
A lire:Un tribunal allemand jugeait illégale la circoncision

Urwo rukiko rwibukije ko muganga adashobora kuvura ikitari indwara cyangwa ngo akebe igice cy’umubiri w’umuntu kikiri kizima kandi gikora neza(tissus sains et fonctionnels).Ibi bishoboka gusa mu gihe ari mu rwego rwo gutabara ikindi gice cy’umubiri kandi mu nyungu nyazo z’umurwayi(intérêt du patient).

Uburengazira ku mubiri utagabanyije

Ikindi urwo rubanza rwerekanye ni uko nta muntu ushobora kuvutswa, ku maherere, uburenganzira bwo kugira umubiri utagabanyije(droit à l’intégrité physique).Ibi bishimangirwa n’uko buri gice cy’umubiri,n’ubwo cyaba gito bwose,gifite umumaro wacyo.

Uwo mumaro ni wo abashinzwe ubuzima bagomba kubungabunga.Uwakebwe burya ngo aba yambuwe uwo mumaro bidasubirwaho.Hari ababigereranya no gukurwa iryinyo ry’ikijigo ariko bakavuga ko ari ntacyo bitwaye kuko ibihanga risiga bitagaragara!

Kwikebesha ku bantu bakuru

Birazwi neza ko kwikebesha ku bantu bakuru(circoncision des adultes)biri kugeragezwa muri bihugu bya Afurika(Kenya,Ouganda,Afrika y’Epfo)mu rwego rwo kwirinda Sida.

Nyamara ngo 80% by’abakebye babarizwa ku mugabane wa Afurika,ikarenga ikaba n’iya mbere kuri Sida.Aho ruriya rubanza ntirwabera abantu umwanya wo gusuzumana ubwitonzi ibyo bintu byo gukebwa cyangwa kwikebesha ku mpamvu zitari iz’uburwayi(raisons médicales)?

By P.B

%d blogueurs aiment cette page :