Umunsi mukuru w’Abatagatifu Bose utandukaniye he na Halloween?

Buri tariki ya mbere Ugushyingo, abakristu bahimbaza umunsi mukuru w’Abatagatifu bose(tous les saints). Uyu munsi mukuru w’ibyishimo hari aho witiranwa no kwibuka abapfuye(défunts)ku buryo bamwe badatinya no kuba ari bo baharirwa umwanya ukomeye.

Halloween au Canada

N’ubwo n’abatagatifu na bo baba barapfuye, itariki ya mbere Ugushyingo ifite umwihariko kuko tuzirikana n’abandi batamenyekanye(batanditse mu bitabo) kandi barabayeho mu kwemera gukomeye bakagaragaza uko Imana yabafashije guha ubuzima bwabo umurongo uhamye.

Abahowe Imana ku ikubitiro

Ku ikubitiro, abahowe Imana(martyrs)ni bo bibukwaga. Ni kuri ubwo buryo Papa Boniface wa IV(610)yahinduye Panthéon de Rome(yari iginewe ibigirwamana) ingoro(Sanctuaire)abahowimana bambarizwamo. Ni bo itariki ya 13 Gicurasi yarigenewe by’umwihariko.

Abatagatifu bose nibibukwe

Mu gihe andi madini akomeje guhimbaza umunsi w’abatagatifu bose ku cyumweru gikurikira Pentekosti, Kiliziya Gatolika yemeje tariki ya mbere Ugushyingo kugira ngo ikumire imico nk’iyo yari isanzweho yo kwiyambaza abazimu(Samain).

Ngiyo impamvu yatumye Papa Gregoire wa IV(835) ategeka ko uwo munsi mukuru wakwira kwisi hose. Ati « Abatagatifu nibibukwe ku isi hose » kugira ngo urumuri rutsinde umwijima icyarimwe.

Nta mahuriro na Halloween

Mu bihugu bimwe na bimwe nka Etats-Unis,Irlande,Grande Bretagne, Canada, Australie…uyu munsi mukuru ubanzirizwa na Halloween(all Hallow Even=le soir de tous les saints).

Halloween.jpg
Costumes de Halloween

Icyo gihe ku mugoroba(31 Ukwakira)bacana urumuri rwo gukumira abazimu(esprits maléfiques), ubundi bakambara mu maso cyangwa mu gahanga ibiranga ubwoba buterwa n’urupfu. Byumvikane rero ko uyu munsi mukuru w’Abatagatifu bose ntaho uhuriye na Halloween kuko ukwemera n’urukundo dufitiye Imana bitsinda ubwoba bw’urupfu.

Kuri uko kwemera ni ho bamwe bahera bemeza ko uko uwo munsi mukuru witabiriwe, ari na ko Noheli izagenda(Telle Toussaint, tel Noël). Bityo urumuri n’indabo ku mva bikatwereka uburyo ubuzima ari bwiza na nyuma y’urupfu nk’uko ivuka rya Kristu ryamurikiye amahanga.

Umunsi mukuru mwiza kuri twese dushishikajwe no gukurikiza urugero rwiza rwa bazina bacu(Saints Patrons). Ntimwibagirwe ko umunsi mukuru w’abapfuye bose(tous les Défunts) uba bukeye bwaho ,ni ukuvuga tariki ya 2 Ugushyingo. No mu bihe bikomeye cyangwa by’ibyorezo,ni byiza gusenga no gusabirana.

By Protogène BUTERA

Yoga ou yogathérapie,quel bénéfice pour la santé?

Le yoga qui est la faculté de diriger les activités du psychisme,attire tous les âges.Actuellement,ils sont nombreux à se mettre à ses pratiques.Peut-être pas pour des mêmes raisons…

Le yoga, une philosophie de vie favorisant la réalisation spirituelle

L’objectif primordial du yoga est de favoriser la réalisation spirituelle de l’individu et non pas de le soigner. Mais la maladie étant considérée comme un obstacle à l’évolution intérieure, il va s’y intéresser. Cette tradition millénaire a les outils physiques, physiologiques, voire psychologiques, pour soulager les « mal-aises » ou les « mal-a-dies » et retrouver un état « d’aise » ou de santé.

Favoriser la réalisation spirituelle de l’individu…

Par la pratique des asanas (postures), des pranayamas (respirations) ou par la méditation, le yoga propose de se côtoyer intérieurement et d’évoluer vers davantage de lucidité sur soi-même et ce, à plusieurs niveaux. Tout d’abord d’un point de vue physique, il nous invite à prendre conscience de notre posture ; d’un point de vue physiologique, de l’état de nos principaux organes ; et enfin, d’un point de vue psychologique, de notre attitude mentale par rapport à notre environnement ainsi que des émotions qui nous traversent.

L’idée est de pacifier l’ensemble, du plus grossier au plus subtil, en unifiant le mental, le souffle et le corps. « Le côté subtil du yoga intervient peu à peu à partir de la matière dense dont nous faisons partie. L’observation de notre corps et de nos réactions nous amène à faire un choix entre une attitude passée, souvent conventionnelle, et une nouvelle façon de voir les choses et d’agir. C’est ainsi que la conscience du Soi s’élève à partir de la matière pour aller vers la conscience du Soi détaché de la matière » explique Martine Fritte, yogathérapeute de l’Institut français de yoga (IFY), à Vallauris.

Le yoga est bien plus qu’une discipline corporelle, il est un art de vivre à part entière. D’ailleurs, dans les Yoga-sûtras de Patanjali (dont on situe l’origine entre le IVe siècle avant JC et le IVe siècle après), livre fondateur, seuls 3 d’entre eux sur 195 sont consacrés à l’aspect physique ! Malheureusement – ou peut-être heureusement ! -, la plupart des Occidentaux l’abordent ainsi. Ce fut mon cas. Le corps m’a permis d’y voir plus clair en pointant des maux plus profonds. Tout d’abord source de souffrance, la maladie m’a permis d’emprunter un chemin, source d’évolution.

Prise de conscience de l’outil mental et notion d’équilibre

Pour vivre en harmonie et en paix, le mental doit être un outil au service de l’Etre et non le contraire. Il ne doit pas être le maître à bord, mais un simple serviteur, comme on le trouve très bien énoncé dans le Yoga-sûtra I 2 (Yoga-sûtra de Patanjali, Miroir de soi) : « Le yoga est la faculté de diriger les activités du psychisme. » A partir du moment où j’ai été capable d’opérer cette distinction entre les principes de conscience et du mental, la voie du discernement s’est ouverte. Le point de référence, la conscience, est immuable, au-delà du temps et de l’espace, alors que le mental, lui, est fluctuant.

Le yoga est la faculté de diriger les activités du psychisme.

Le Yoga-sûtra amène à découvrir les 5 principes personnels (niyamas) : purification, contentement, discipline de vie, étude de soi par les textes sacrés et dévotion à l’Etre omniscient. Premier principe, réduire les toxines et favoriser la rectitude intellectuelle et morale. Le deuxième appelle au contentement. Grâce à un état de paix intérieure, je retiens le côté positif de ma vie. Le troisième est l’ascèse du juste milieu. Je veille à équilibrer les énergies pour éviter les excès préjudiciables à mon corps et à ma tête : nourriture, travail, activités physiques, loisirs, sommeil… Quatrième et avant-dernier principe, l’étude de soi par les textes sacrés. Enfin, la dévotion : en reconnaissant mes limites, je m’en remets à une force plus élevée, dans l’humilité la plus totale.

On voit aussi apparaître cette notion d’équilibre et de modération dans les cinq principes relationnels du yoga (yamas), qui sont par ordre d’importance : non violence, véracité, honnêteté, tempérance et non convoitise. Ces qualités sont requises dans la relation à l’autre et à soi-même. Ne pas faire souffrir autrui, avoir des relations harmonieuses, dire la vérité de manière agréable, ne pas gaspiller son énergie inutilement, respecter ce qui appartient à mon voisin, ne pas rechercher la possession de biens superflus… sont autant de principes à avoir pour mettre en place un cercle vertueux de pensées et d’actions.

Une pratique personnalisée et régulière visant à l’autonomie

« La prise du pouls, qui requiert des années d’apprentissage, est un outil précieux qui permet d’avoir une idée de ce qu’il se passe à l’intérieur d’une maison sans y rentrer : humide, sec, aéré, renfermé, chaud, froid… En fonction de ces renseignements, toutes les postures s’imposent d’elles-mêmes et la séance se dessine. La yogathérapie, qui a toujours existé dans la tradition du yoga, a pour but de favoriser le processus de guérison de l’individu ou de prévenir la maladie.

cfr:https://jack35.wordpress.com/2017/01/12/se-soigner-grace-a-la-yogatherapie-video/

Egypte: un prêtre assassiné dans la rue du Caire

L’Égypte des Pharaons devient de plus en plus la terre des fanatiques religieux.Ce 12 octobre 2017,un de ces fanatiques a assassiné un prêtre copte en pleine rue du Caire.Ce n’était pas la nuit.

Le Père Samaan Shehata, âgé de 51 ans,a succombé sous les coups d’un extrémiste musulman à El-Salam City,tandis que son confrère, Ezbet Girgis, gravement blessé,est transporté à l’hôpital.

D’après kath.ch, le tueur,Ahmed Saeed a également blessé le Père Bayman Moftah qui les accompagnaient.Tous les trois étaient en train de collecter des aides pour les pauvres de leur paroisse de Beni Suef.

Voilà le prix de la solidarité qui met au piédestal la valeur de l’unité entre chrétiens et musulmans dans cette partie du Moyen-Orient.

By P.B

Umutagatifu w’umunsi: Sainte Thérèse d’Avila

Umugore wa mbere washyizwe mu rwego rw’abigisha ba Kiliziya(Docteur de l’Eglise),Tereza yavutse tariki ya 28 Werurwe 1515,yitaba Imana ku wa 15 Ukwakira 1582.
Umuryango w’Ababikira b’Abakarumeli yinjiyemo ari muto,yawuhaye isura nshya(Carmel réformé).Bagenzi be yabashishikarizaga kwita cyane kuri muntu w’imbere iyo(l’homme ou intériorité)ufasha mu isengesho ribwira Imana nk’umukunzi(Oraison)musangira ibyicaro(demeures.)
Yakundaga kuvuga ati(citations):

« S’il y a beaucoup de demeures au ciel,il y a beaucoup de chemins pour y arriver. »

« Ceux qui ont déjà commencé à faire oraison,ont compris l’importance ,pour eux, de ne pas en rester aux premières Demeures.Mais souvent,ils ne sont pas encore assez déterminés à ne pas y rester,ils ne s’éloignent pas encore des occasions,ce qui est fort dangereux. »

« Dans ce travail spirituel,celui qui pense le moins et veut le moins ,obtient plus;ce que nous devons faire,c’est demander comme le font de pauvres nécessiteux devant un grand et riche empereur;ensuite baisser les yeux et attendre humblement. »

« Que rien ne te trouble
Que rien ne t’effraie
Tout passe
Dieu ne change pas
La patience tout obtient;
Celui qui a Dieu ne manque de rien
Dieu seul suffit. »

Nadufashe gutegura neza Umunsi wa Nyagasani kandi natwe dusabire  Avila,umujyi wamuhaye kubona izuba.

By P.B

 

Afrique du Sud: Malades mentaux entre la rue et la mort

Ils sont nombreux à être abandonnés à leur triste sort.Comme dans la majorité des pays africains,ces malades manquent de soins adéquats.Ils dorment dans les rues ou dans les caniveaux faute de lieux adaptés.

Là où ils existent,les hôpitaux psychiatriques sont mal équipés.Mais en Afrique du Sud,cela ne devrait pas arriver si ce n’était pas pour le souci de faire des économies.Il en fut ainsi dans « Life Esidimeni Hospital ».Afrique du Sud

La fermeture de cet hôpital a conduit au grand scandale de l’année.Les malades mentaux ont été transférés vers d’autres centres situés à Johannesburg ou Pretoria.Avec des moyens limités,118 patients y sont morts de faim ou de déshydratation.

Les familles des victimes pleurent les leur.Mais depuis 2016,c’est l’oubli qui est en train de gagner.

Même si le rapport ne le précise pas,les mesures prises par le département de santé de la province de Gauteng sont jugés irresponsables.De surcroit,cette maladie semble être raciste, car elle atteint quasiment les Noirs. Pourquoi en est-il ainsi?

By P.B

Mauritanie: Le système éducatif au bas de l’échelle

Malgré un passé et un présent glorieux dans la maîtrise des sciences islamiques, le système éducatif en Mauritanie demeure un sujet de vive préoccupation.

Illustration avec un rapport récent du Forum Economique Mondiale pour l’Afrique, classant le pays du million de poètes au bas de l’échelle.Selon ce rapport, le système éducatif mauritanien reste toujours au creux de la vague, malgré ou à cause de plusieurs réformes entreprises au cours des 50 dernières années.

Tous les pouvoirs qui ont tenu durablement les commandes de la Mauritanie  ont tenté de faire face « au monstre » de la baisse de niveau des élèves et étudiants.Cette baisse était illustrée par les piètres résultats   enregistrés à l’occasion des examens et concours.

Ces derniers jours, le rapport du Forum Economique Mondial pour l’Afrique- World Economic Forum, cité par la BBC, classe le pays historiquement réputé pour son savoir en matière de sciences islamiques, qu’il a propagé et partagé dans tout l’espace ouest africain, au 129é rang sur un total de 130 pays étudiés.

C’est vraiment honteux.Conscientes de cette triste réalité, les autorités au plus haut niveau, envisagent des mesures de correction à partir de la prochaine rentrée scolaire.Ne sont-elles pas des promesses politiques?

A lire: Le système éducatif est toujours un casse tête

By Cheikh Sidya/Nouakchott

Ubuzima bw’abatagatifu: Saint François d’Assise,umuririmbyi wa Nyiribiremwa

Se,Pierre Bernardone ni Umutaliyani,naho nyina Dame Pica akaba Umufaransa-kazi.Aba babyeyi be bari abacuruzi bakomeye(marchands)mu mujyi wa Asizi.

Ubwo yari afite imyaka 25,ni bwo yumvise ijwi rya Kristu rimuhamagarira kuzahura Kiliziya abicishije mu bakene.

Yasanze ishingiro rya byose ari Ijambo ry’Imana nk’Inkuru Nziza mu bantu.Kugira ngo igere kuri benshi,yashinze urwego rw’abavandimwe bato bigisha(Ordre des frères prêcheurs mineurs,Ofpm ou Franciscains).N’abagore ntiyabaheje kuko yafatanije na Claire bagatangiza Ordre des Dames Pauvres(Clarisses).

Ku myaka 44 ni bwo yitabye Imana mu 1226.Nyuma y’imyaka 2 gusa yari yemejwe nk’umutagatifu(canonisation).
Na n’ubu,abaharanira amahoro bamwibonamo,abarwanya akarengane gakorerwa abakene bakamwibonamo,abakunda umubano mwiza mu bantu badahungabanya n’ibindi biremwa,bose na  bakamwibonamo.
Ni yo mpamvu Papa François yifuje ko uyu munsi waba uwo kuzirikana ku mahoro no ku biremwa byose. Kandi koko abakunda inyigisho z’uyu mutagatifu bamwibuka nk’umuririmbyi wa Nyiribiremwa wabigaragazaga no mu mikorere.Akenshi yarababwiraga ngo(citations):

« Commence par faire le nécessaire,puis fais ce qu’il est possible de faire et tu réaliseras l’impossible sans t’en apercevoir. »

« Pour commencer,nous allons faire les petites choses faciles.Petit à petit,nous nous attaquerons aux grandes.Et quand les grandes choses seront faites,nous entreprendrons les choses impossibles. »

« Que sont les serviteurs de Dieu,sinon comme ces jongleurs qui doivent élever les cœurs des hommes et les émouvoir de la joie spirituelle? »

« Celui qui travaille avec ses mains est un ouvrier,celui qui travaille avec ses mains et sa tête est un artisan,celui qui travaille avec ses mains ,sa tête et son cœur est un artiste. »

 

Mu kubizirikana, aba adusabira. Abamwiyambaza tubifurije umunsi mukuru mwiza w’amahoro.

By P.B

Les bienfaits du curcuma pour notre santé

Il est connu comme épice parmi tant d’autres.Pourtant,outre sa capacité à colorer d’un magnifique jaune doré les plats d’ici et d’ailleurs, le curcuma(turmeric) a de nombreux atouts et bienfaits pour notre santé.

Ce composant principal du curry est extrêmement antioxydant,anti-cancer(inhibition des tumeurs),anti-inflammatoire.Son activité est comparable à celle des vitamines C et E et les études ont montré son rôle essentiel dans la lutte contre les maladies neurodégénératives.

Pour les chercheurs chinois et indiens,l’extrait de curcuma augmente la sécrétion d’acides biliaires de plus de 100 % ainsi que la solubilité des sels biliaires. En stimulant les fonctions hépatiques et en accélérant la contraction de la vésicule biliaire, permettant une meilleure évacuation de la bile dans l’intestin, il nous aide à mieux digérer.

 

Le curcuma protégerait également l’estomac : des chercheurs thaïlandais ont observé une régression complète des ulcères duodénaux et gastriques chez 75 % des sujets à qui on avait donné 3 g de curcuma par jour, répartis en 5 prises durant 4 à 12 semaines. Ils ont émis l’hypothèse que cette propriété anti-ulcéreuse peut être due à l’activité antihistaminique et antibactérienne du curcuma, une bactérie étant souvent à l’origine des ulcères.

Stimulant digestif,il soutient ainsi les foies paresseux en apportant un véritable confort gastrique et intestinal.Est-il question de la simple phytothérapie?Essayez 1 cuillère par jour ou 3 bols en raison de 2 cuillerées à café,et vous verrez.

By P.B

Ubuzima bw’abatagatifu: Saint Jérome,Umwambari wa Kristu n’Ijambo rye

N’ubwo bitari byoroshye kubana na we kubera imiterere ye(caractère)n’imitekerereze ye (vindicatif),hari ibindi byatumaga bamukunda.

Yavukiye ahitwa Dalmatie(Croatie y’ubu).Yakiriye Batisimu afite imyaka 19.Kuva ubwo,inyota yo gushakashaka Kristu yamujemo kandi irushaho kwiyongera bituma akora ingendo nyinshi.
Yagiye i Roma kwiga,akomereza i Antiyokiya,aho yaherewe ubusaseridoti(379).Nyuma yerekeje Constantinople kugira ngo anoze ibya Bibiliya abifashijwemo na mutagatifu Geregori wa Nazianze.
Yavugaga neza Ikigereki n’Ikilatini kandi akamenya n’Igihebureyi.Ibi byamworohereje mu murimo we yakundaga cyane wo gusobanura Ibyanditswe(Ecritures)abihuje n’amateka(interprétation historicisante)yerekeza kuri Kristu.
Yahereye aho ahindura Bibiliya yari yanditse mu Kigereki(Septante)ayishyira mu Kilatini(Vulgate)kugira ngo isomwe na benshi.

Kubera imiterere ye(caractère)n’imitekerereze ye yo kutanyurwa(vindicatif),ngo ntibyari byoroshye kubana na we.Icyakora uburyo yakundaga Kristu n’Ijambo ry’Imana byatumaga nanone abantu bamukunda.

Na we yari yiyiziho iyo ngeso.Uburyo bwe bwo kurwanya iyo ntare itontoma iruhande rwe ngo imwerekeze mu maso y’urupfu,nta bundi butari ubwo kuyitsindisha Ijambo ry’Imana n’umurimo.

Yeronimu wavutse ahagana mu mwaka wa 347,yitabye Imana tariki ya 30 Nzeli,muri 420 i Beterehemu.Afatwa nk’Umwigisha wa Kiliziya(Docteur de l’Eglise)wo mu gihe kimwe na Ambroise,Augustin na Grégoire wa mbere.Amwe mu magambo ye(citations) yadufasha:

« Priez-vous?Vous parlez au Seigneur.Lisez-vous l’Écriture Sainte?C’est Lui qui vous parle. »

« Ignorer les Ecritures c’est ignorer le Christ »

« Livre-toi à quelque travail manuel,pour que le diable te trouve occupé. »

 

Nguko uko adusabira! Umunsi mwiza ku bamwiyambaza.

By P.B

Ubuzima bw’abatagatifu: Saint Wenceslas,urugero rw’abategetsi bubaha Imana

N’ubwo atari uwa vuba aha(907-929),mutagatifu Wensisilasi yabera benshi urugero rwo kuba intwari bahuza intwaro z’ukwemera n’iz’ubutegetsi.

Akicara ku ntebe ya Bohême(Duc de Bohême) yari afite imyaka 18 akajya mu misa yihishe nyina warwanyaga ubukristu. Gukunda Imana no kuyubaha yabitojwe na nyirakuru Ludmilla. Kubera imbaraga yakuraga mu guhabwa Ukaristiya, uwo musore  yacunguye abagaragu benshi b’abapagani(esclaves païens)abishyuriye mu isoko rya Prague(racheter)kugira ngo babatizwe.

Ibyo ntibyanyuze nyina(Drahomira)na murumuna we(Boleslas)bahisemo kumwikiza.Uwo murumuna we na we washakaga iyo ntebe,yamwicishije asohotse mu kiliziya ya Boleslava(République tchèque).

Wensisilasi yanze kwirwanaho akoresheje inkota(épée),ahubwo abwira murumuna we ati » Sinakica umuvandimwe wanjye,ndakubabariye. »

Bamutsinze aho afite imyaka 23.Hari tariki ya 28 Neli 929.Uretse kuba urugero rw’abategetsi bubaha Imana, Kiliziya imufata nk’umuvugizi w’abahereza ba Misa(Servants d’Autel). Isengesho rye rigere ku mutima w’abayobozi bakiri bato n’abadaterwa ipfunwe n’ukwemera kwabo.

Umunsi mukuru mwiza ku bitwa Wensisilasi, kimwe na ba Lioba, Loucas na Lucas.

Cyangugu:Padiri Kabera Alphonse bamusezeyeho ari imbaga

Ibihuha byavugaga ko Padiri Alphonse yishwe.Ibyo byavugurujwe mu muhango wo kumushyingura..

Umuhango wo kumusezeraho wabereye muri kiliziya ya Katedrali ya Cyangugu kuva saa 9h00 ukurikirwa na Misa yo kumuherekeza mu rugendo rugana ijuru.Yari imbaga y’abapadiri,abakristu n’abihayimana.

Padiri mukuru wa paruwasi yacu,Ignace Kabera, yavuguruje ibihuha byavugaga ko mugenzi we,Alphonse, yishwe.N’Umwepiskopi na we yabishimangiye ko azize indwara.

Umuhango wa nyuma wo kumuherekeza mushobora kuwukurikirana  muri aya mafoto make:

Alphonse Kabera4.jpg

Alphonse Kabera 2

Alphonse Kabera 1

Alphonse Kabera3.jpg

Imana yakoreye imwakire!

By Kagenzi Jean Fidèle/Paruwasi Cyangugu

Ubuzima bw’abatagatifu:Saint Vincent de Paul,umuvugizi w’abakene

Azwi nka Monsieur Vincent. N’ubwo atamaze imyaka myinshi cyane ku isi(1581-1660),yakoze byinshi mu rwego rwo kwita ku bakene.
Nyuma yo kuba umurezi w’abana b’abakire(précepteur des Gondi),yabaye umusaseridoti muri paruwasi y’icyaro(Chatillon-les-Dombes)aho yiboneye ko mu gihugu cye cy’Ubufaransa hari ubukene mu bya roho(misère spirituelle).

Ni bwo yashinze umuryango w’abapadiri(1625) bo kwita ku bakene bameze nka Lazaro (Lazaristes). Bidatinze,yifatanije na Louise de Marillac bashinga umuryango w’Abakobwa b’Urukundo(Filles de la Charité,1633)kugira ngo n’abakobwa cyangwa abagore bakennye na bo bitabweho.

N’abatari muri iyo miryango y’abihayimana bashyira mu bikorwa inyigisho ze babinyujije muri Equipes de Saint Vincent cyangwa Conférences de Saint Vincent de Paul.Kandi koko ntiyasibaga kubwira abe ko (citations):

« Urukundo ruhorana iteka udushya twarwo »(« L’amour est inventif à l’infini »).

« Habiter dans une maison où règne la charité fraternelle,c’est vivre dans un paradis »

« Il n’est rien de plus désirable,ni de plus délicieux,que de vivre avec ceux qu’on aime »

« Pour que les choses avancent,il faut du temps et de la patience »

 

Kimwe na ba Enzo,kuri iyi tariki ya 27 Nzeli, turazirikana kandi Aquiline,Adolphe na Adolphine.Bose baradusabira,tubiyambaze.

By P.B

Rwanda:Padiri Kabera Alphonse wa Diyosezi ya Cyangugu azize iki?

Urupfu rwa padiri Alphonse ruradutunguye.Ku myaka 65 gusa ruramwivuganye.Agiye yujuje 38 y’ubusaseridoti yahawe mu 1979.Yari umupadiri wa diyosezi ya Cyangugu.Ubu yakoreraga ubutumwa bwa Kiliziya muri paruwasi katedrali ya Cyangugu.

Ibibazo ni byinshi

Abakristu bo mu maparuwasi yabayemo nka Mushaka,Hanika,Shangi na Nkanka n’ahandi bakomeje kwibaza ku by’urupfu rwe.Ababanye na we bamuzi nk’umupadiri witurije,uvuga make kandi wiyitaho.Kuri bo ngo ntibisanzwe ko umupadiri apfa gutyo gusa ku myaka nk’iriya!Ngo arakenyutse rwose…

Azize urw’ikirago cyangwa yishwe?

Igiteye urujijo kurushaho ni inkuru ziriwe zicicikana kuri net no kuri za Whatsapp ngo yishwe anigiwe mu cyumba cye mu ijoro rishyira ku wa 26.09.2017.Abapadiri bagenzi be bemeza ko yarasanganywe indwara y’igisukari(diabète)yo ku rwego rwo hejuru.

Ntibitangaje ko yamutsinda mu kirago cyangwa mu ntebe,nk’ufashwe n’umutima(infarctus)kubera kuzamuka cyangwa kumanuka kw’ibipimo(hypertension ou hypotension).Kandi ngo umurwayi wa diabète ashobora kwitahira mbere y’imyaka 5 cyangwa 10 kuyo yari kuzamara.

Ese hari ikizatangazwa ku bizamini byo kwa muganga nyuma y’urwo rupfu kugira ngo abashidikanya na bo bemere?Reka dutegereze ejo ku wa gatatu tariki ya 27.09.2017 mu Misa yo kumusezeraho nk’uko biri muri iri tangazo ry’Umwepiskopi wacu:Misa yo gusabira padiri KaberaAbatazashobora kuhagera muzasabire na diyosezi yacu.Kandi na padiri twakundaga aruhukire mu mahoro(RIP).

By Uwera Jocelyne Mico/Cyangugu

Pour dimanche: y a-t-il une raison de chercher Dieu?

A moins de trouver quelqu’un qui vit mieux ou qui est utile aux autres grâce à la prière,il est possible de s’ennuyer avec Dieu et de ne point le chercher.

Partant de la première lecture de ce dimanche,une question peut surgir: y a-t-il une raison de chercher Dieu?Pour certains,c’est clair: inutile même d’y penser parce que ses pensées nous dépassent. Pour d’autres,les raisons de chercher Dieu sont plusieurs et multiples.Lisons d’abord:

Cherchez le Seigneur tant qu’il se laisse trouver ;
invoquez-le tant qu’il est proche.
Que le méchant abandonne son chemin,
et l’homme perfide, ses pensées !
Qu’il revienne vers le Seigneur
qui lui montrera sa miséricorde,
vers notre Dieu
qui est riche en pardon.
Car mes pensées ne sont pas vos pensées,
et vos chemins ne sont pas mes chemins,
– oracle du Seigneur.
Autant le ciel est élevé au-dessus de la terre,
autant mes chemins sont élevés au-dessus de vos chemins,
et mes pensées, au-dessus de vos pensées. (Is 55, 6-9)

 

A moins de trouver quelqu’un qui vit mieux quand il prie ou qui est utile aux autres grâce à la prière,il est possible de s’ennuyer avec Dieu et de ne point le chercher. Le remède peut être de l’ordre des pensées pensantes qui aident à renouer avec la transcendance et donc de reprendre chemin.

Dans l’Évangile(Mt 20, 1-16),Jésus n’y va pas par quatre chemins : « Allez à ma vigne,vous aussi,et je vous donnerai ce qui est juste. » Êtes-vous d’accord? Peut-être.
Pour ce dimanche,si nos pensées nous séparent parce que nous croyons avoir raison,l’amour de Dieu nous unit et cherche à nous mettre d’accord sur l’essentiel.

Si des regards mauvais nous éloignent à cause des injustices que nous découvrons au quotidien,la bonté du Seigneur nous attire et nous fait revenir.Allons-y dans sa vigne, car il donne à chacun un salaire.

Bon dimanche à toutes et à tous.

By P.B

Mauritanie: les 12 Américains expulsés comme des sans-papiers!

Est contagieux l’exemple de Donald Trump qui expulse les sans-papiers sur le sol américain. La Mauritanie vient de montrer que les Américains aussi peuvent être des sans papiers sur le sol africain.

Douze acteurs américains en matière de droits de l’Homme ont été expulsés vendredi soir de l’aéroport de Nouakchott. Mohamed Ould Cheikh ,Ministre de la culture et de l’artisanat et porte-parole du gouvernement, a dit que cette délégation avait un programme qu’elle n’avait pas coordonné avec le gouvernement mauritanien.

Or,ajoute-t-il,il est d’usage d’exposer ce programme aux autorités concernées pour le valider et pour faciliter la tâche à ses auteurs, les accompagner et les sécuriser,car notre pays est ouvert mais accueille les hôtes sur la base d’un programme précis…Dans notre monde d’aujourd’hui, il n’est plus permis de rentrer comme ça dans un pays sans aucune coordination avec lui.

Le porte-parole du gouvernement a clairement souligné que la délégation américaine a envoyé un programme jugé inacceptable et dont les changements étaient insuffisants,en ce qui concerne les rencontres et les soirées organisées avec une seule ethnie.

Pour lui,cette conduite constitue une violation du droit mauritanien et s’oppose à l’esprit et au climat de tolérance dont jouit le peuple mauritanien, qui est une société vivant en harmonie.

A lire: Le porte-parole du Gouvernement s’explique sur l’expulsion de 12 Américains

Un malentendu?

S’agit-il d’un malentendu?Le gouvernement mauritanien s’explique:
« Les autorités avaient informé l’ambassade américaine du fait que les membres de la délégation étaient «persona non grata» (indésirables). Malgré cette opposition, cette délégation a néanmoins décidé de venir en Mauritanie », a dit le ministre.

En les expulsant,la Mauritanie vient de montrer que les Américains aussi peuvent être des sans-papiers sur le sol africain.Ce n’est plus seulement Donald Trump qui chasse les sans-papiers sur le sol américain!Un clin d’œil ou une réponse à ces pratiques du pays de l’Oncle Sam?

Embarras de l’Ambassade des Etats-Unis

Après cet événement embarrassant,l’Ambassade des Etats-Unis en Mauritanie est préoccupée par le fait que le 8 septembre, douze Américains, militants des droits civiques engagés dans la lutte contre l’esclavage, ont été refusés l’entrée en Mauritanie.

Cette délégation privée, organisée par l’Institut d’Abolition basé à Chicago et l’ONG des droits civiques Rainbow PUSH, devait effectuer une visite en Mauritanie du 8 au 15 septembre pour en savoir plus sur ses efforts courageux pour éradiquer l’esclavage et ses séquelles, et promouvoir la cohésion raciale.

La délégation souhaitait connaître les succès de la Mauritanie dans l’éradication de l’esclavage et promouvoir ces réussites au niveau international.Elle va rencontrer ses hôtes, »SOS Esclavage » à Dakar,Sénégal.Les effets seront-ils les mêmes?

By P.B

Indaya z’i Muhanga zahakanye kubireka !

Uburaya ngo si umurimo utesha agaciro umwari n’umutegarugori kuko ari umwuga nk’iyindi.Abawukorera muri Muhanga ngo ni nk’abacuruzi:buri wese amenya ibintu bye n’abamugurira…

Zimwe mu ndaya za hano Muhanga ntizigitinya kuvuga akaziri ku mutima.Hari n’ubwo bizirenga zikavuga n’akari i Murori.Zimwe mu zo twegereye ngo zitubwire aho zigeze ziva muri uwo mwuga utesha agaciro umwari n’umutegarugori,ziti « Twareka uwo mwuga wo gutega gute kandi n’agatebo mukatubuza ? »

Muri rusange,iki ni cyo kibazo bahuriyeho bose kandi bakakivuga beruye,batarya iminwa.Uwo munsi ubwo twababazaga,bari bitabiriye inama y’ubuyobozi ari benshi bitangaje.Bamwe bari bahetse abana nk’abaje gutanga ikirego.

Abandi bo bari babukereye nk’abaje mu birori.Tutibagiwe n’abandi rwose bigaragara ko iminsi ibageze habi.Mu gusohoka bataha,rwari urusaku gusa.Twagerageje kubavugisha ngo tubabaze icyabaye cyangwa ikitagenze neza muri iyo nama.

Ngiyo inkongoro y’umwana !

Babiri mu batari bishimiye iby’iyo nama bifuje ko tubatumikira kuri abo bayobozi ngo batazi ibibazo biri hanze aha.Bati, « Twari tuzi ko nitujya gutaha babwira buri wese ngo ‘Ngiyi inkongoro y’umwana! »
None se buriya ntibazi ko umuntu agomba gutigita kugira ngo abone amata y’umwana? Ubu se saa sita na nijoro turabaha iki? Ariya magambo badutekereye se ni yo tubatamika?

Ni akazi kabatunze

Batatu basaga n’aho ari ntacyo bibabwiye,bavugaga ko batindiwe no kugera mu rugo ngo bakore nibura ituru imwe ya 2000frw cyangwa 5000frw.Ngo ntawareka akazi kamuhemba kandi kamutunze,we n’umuryango we.

Ngo na bimwe byo kubashyira mu mashyirahamwe basanga ari ntacyo bimaze kuko ngo hari abakiliya baba bashaka imari ishyushye.Ngo ahubwo bakwiye kwitabwaho ku bundi buryo,byaba ngombwa bagasora kuko byafasha n’abo bakikliya kubona ibyo bashaka mu mutekano.

Ngo uwiba ahetse?

Nyiraminani w’imyaka 34 akorana n’umukobwa we ufite 16.Twamubajije niba azi uyu mugani uvuga ko « Uwiba ahetse aba abwiriza uri i mugongo »,araseka cyane!Ngo ni mukuru na we arigenza.

Twegereye uwo mukobwa wari witeye amabara yose,adukurira inzira ku murima ngo ntavugana n’abatagura.Ngo natwe hano muri Muhanga tumeze nk’abacuruzi:buri muntu amenya ibintu bye;ntawe twiba,ariko uwatwiba we ntiyadukira! Harahagazwe.Ngurwo u Rwanda rw’ejo.

By Baziki Jean Paul/Muhanga

Ouganda:La ministre de la Santé se fait passer pour une patiente en burka

Ouganda et santéLa corruption est devenue endémique dans les centres hospitaliers de Kampala.Sarah Opendi, ministre ougandaise de la Santé, était dépassée par les plaintes.C’est pour cela qu’elle s’est prêtée au jeu de l’immersion pour se rendre compte de cette situation dans les hôpitaux publics du pays.

Vêtue d’une burka, elle s’est rendue en boda-boda (moto taxi) vendredi 15 septembre à l’hôpital de Naguru, dans la capitale Kampala.Selon Independent, la Ministre voulait passer sans être reconnue. « J’avais reçu de nombreuses plaintes sur le personnel de l’hôpital qui extorque de l’argent aux patients », a t-elle raconté,ce samedi 16 septembre.

Ministre Sarah Opendi en boda boda vers l’hôpital visé par la corruption

Se faisant ainsi passer pour une patiente ordinaire, un médecin lui a réclamé 150 000 shillings (35 euros) pour des examens de laboratoire « qui sont censés être gratuits ». Plus encore,une infirmière de la réception lui a exigé un dessous-de-table de 5 000 shillings (1 euro) pour un test de glycémie.

La patiente-ministre a tout payé et a ensuite appelé la police qui a arrêté les deux travailleurs.Cette action a été saluée par beaucoup comme signe de limitation de bureaucratie du gouvernement ougandais mais aussi de nécessité d’augmenter les fonds publics alloués au secteur de la santé.

Dans ce pays où le salaire moyen est estimé à 200 000 shillings,les travailleurs médicaux qui gagnent environ 300 000 shillings [70 euros] par mois sont-ils convenablement rémunérés?. Mal payés, ne seraient-ils pas tentés de recourir à ces pots-de-vin pour arrondir leurs fins de mois?Peut-être que cette visite hors-normes permettra de résoudre le problème de fond:les salaires de misère.

By B.P

Comment les Japonais font l’amour avec les coussins

L’usage des sex-toys n’est pas le propre de la culture occidentale.Les Japonais en ont fait l’art de susciter et d’entretenir le plaisir.

Au Japon, matelas, édredons et oreillers peuvent devenir des sex-toys !C’est l’anthropologue Agnès Giard qui nous révèle l’attachement des Japonais à ces sex-toys, car « n’ayant pas de forme définitive, ils peuvent épouser les contours de tous les fantasmes.

Ces jouets sexuels ,appelés coussins à étreindre, ils se coincent entre les bras et les jambes et sont de véritables objets masturbatoires. Parfois ce sont des Kû pillows,de simples matelas de plastique. Ils ont une taille humaine et sont ornés de dessins de beaux jeunes gens et de séduisantes jeunes filles habillés sur le côté face du matelas et déshabillés sur le côté pile.

Parfois aussi,ce sont des Daki-makura, de longs traversins ornés de filles ou de garçons.Il y a encore les poupées traversin à taille humaine en version homme et femme; ils sont baptisés Cotton Wife et Husband Hug Pillows, épouse et époux de coton, peuvent être habillés, couchés dans un lit, assis sur une chaise…

En vue des jouissances désirées,des moments de silence sont prévus pour que chacun puisse imaginer ses propres rapports grâce à ces êtres de rêve.C’est le charme de la culture nipponne dans l’art de susciter et d’entretenir le plaisir.

L’usage des sex-toys ne serait donc pas le propre de la culture occidentale,tel que la plupart s’imaginent.

 

A lire: Les Japonais font l’amour avec les coussins
By P.B