Imikino:RAYON-SPORTS yivunnye MUKURA V.S iyisanze mu rugo

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Gashyantare,byari ibicika kuri Stade Mpuzamahanga ya HUYE.Mukura VS yari yakiriye Gikundiro, Rayon-sports ikunzwe na benshi muri iki gihugu cy’Imisozi Igihumbi.

Byari byitezwe ko uyu mushyitsi wakuriye i Nyanza atahana amarira i Kigali aho yimukiye. Ngo Mukura yari yiteguye bihagije kongera gukora Abareyo mu jisho,kuko abakinnyi bayo yagombye kubahemba ibirarane byose yari ibarimo.

Abafana ba Mukuru bari babukereye

Si ko byagenze

Iminota 10 y’igice cya mbere yari ihagije kugira ngo Rayon yerekane ko itari agafu k’ivugwarimwe.Muri iyo minota,Niyonzima Olivier Sefu yabatsinze icy’umutwe maze abafana ba Mukura bose bata umutwe.Mu gihe bari bagishakisha ubavugutira umuti,Michael Sarpongo yacometsemo icya 2,abari basigaye bose bagwamo imbeho.Hari ku munota wa 28.

Abafana n’abakinnyi bishimanye

Igice cya mbere cyarangiye ari 2 kuri 0.Nk’ikipe iri iwayo,Mukura yari yizeye ko byose bishoboka,ikishyura ndetse igatsinda.Si ko byagenze kuko ku munota wa 65,rutahizamu mushya wa Rayon,Jules Ulimwengu yateyemo igitego cya 3, nuko ab’imihondo bahondoberera aho bari pe.Si bo barose ifirimbi ya nyuma ivuga.

Rayon Sports yanze agasuzuguro

Gutsindwa uyu mukino byari kuba ari agasuzuguro gakabije.Ibi Rayon Sports yaje ibizi.Mu mukino ubanza wabereye i Nyamirambo,Mukura yari yayitsinze 2 kuri 1.Bikiyongeraho ko n’umwaka ushize yari yayitwaye igikombe cy’Amahoro.Ibi byatumaga ikipe iri iwayo irushaho kwirya icyara,ngo n’ubundi abagutsinze ntaho bagiye!

Aka gatebo k’ibitego 3 itewe, gatumye Mukura isubiza amerwe mu isaho.N’ubwo banganya amanota,umwanya wa 2 iweguriye Rayon Sports, naho umutoza Robertihno wayo abakinnyi bamuterera mu bicu baririmba ngo « Professor wacu ».

Umutoza Robertihno bamuteruye!

Nk’uko nanone bigaragara kuri ruhagoyacu.com, uyu munsi wa 17 w’imikino usize hari andi makipe 2 na yo ari kurwanira umwanya wanyuma: ayo ni Amagaju FC na Kirehe FC.

Nguru urutonde rukiyobowe na APR FC:

Urutonde rwa ruhagoyacu.com

Yoga ou yogathérapie,quel bénéfice pour la santé?

Le yoga qui est la faculté de diriger les activités du psychisme,attire tous les âges.Actuellement,ils sont nombreux à se mettre à ses pratiques.Peut-être pas pour des mêmes raisons…

Le yoga, une philosophie de vie favorisant la réalisation spirituelle

L’objectif primordial du yoga est de favoriser la réalisation spirituelle de l’individu et non pas de le soigner. Mais la maladie étant considérée comme un obstacle à l’évolution intérieure, il va s’y intéresser. Cette tradition millénaire a les outils physiques, physiologiques, voire psychologiques, pour soulager les « mal-aises » ou les « mal-a-dies » et retrouver un état « d’aise » ou de santé.

Favoriser la réalisation spirituelle de l’individu…

Par la pratique des asanas (postures), des pranayamas (respirations) ou par la méditation, le yoga propose de se côtoyer intérieurement et d’évoluer vers davantage de lucidité sur soi-même et ce, à plusieurs niveaux. Tout d’abord d’un point de vue physique, il nous invite à prendre conscience de notre posture ; d’un point de vue physiologique, de l’état de nos principaux organes ; et enfin, d’un point de vue psychologique, de notre attitude mentale par rapport à notre environnement ainsi que des émotions qui nous traversent.

L’idée est de pacifier l’ensemble, du plus grossier au plus subtil, en unifiant le mental, le souffle et le corps. « Le côté subtil du yoga intervient peu à peu à partir de la matière dense dont nous faisons partie. L’observation de notre corps et de nos réactions nous amène à faire un choix entre une attitude passée, souvent conventionnelle, et une nouvelle façon de voir les choses et d’agir. C’est ainsi que la conscience du Soi s’élève à partir de la matière pour aller vers la conscience du Soi détaché de la matière » explique Martine Fritte, yogathérapeute de l’Institut français de yoga (IFY), à Vallauris.

Le yoga est bien plus qu’une discipline corporelle, il est un art de vivre à part entière. D’ailleurs, dans les Yoga-sûtras de Patanjali (dont on situe l’origine entre le IVe siècle avant JC et le IVe siècle après), livre fondateur, seuls 3 d’entre eux sur 195 sont consacrés à l’aspect physique ! Malheureusement – ou peut-être heureusement ! -, la plupart des Occidentaux l’abordent ainsi. Ce fut mon cas. Le corps m’a permis d’y voir plus clair en pointant des maux plus profonds. Tout d’abord source de souffrance, la maladie m’a permis d’emprunter un chemin, source d’évolution.

Prise de conscience de l’outil mental et notion d’équilibre

Pour vivre en harmonie et en paix, le mental doit être un outil au service de l’Etre et non le contraire. Il ne doit pas être le maître à bord, mais un simple serviteur, comme on le trouve très bien énoncé dans le Yoga-sûtra I 2 (Yoga-sûtra de Patanjali, Miroir de soi) : « Le yoga est la faculté de diriger les activités du psychisme. » A partir du moment où j’ai été capable d’opérer cette distinction entre les principes de conscience et du mental, la voie du discernement s’est ouverte. Le point de référence, la conscience, est immuable, au-delà du temps et de l’espace, alors que le mental, lui, est fluctuant.

Le yoga est la faculté de diriger les activités du psychisme.

Le Yoga-sûtra amène à découvrir les 5 principes personnels (niyamas) : purification, contentement, discipline de vie, étude de soi par les textes sacrés et dévotion à l’Etre omniscient. Premier principe, réduire les toxines et favoriser la rectitude intellectuelle et morale. Le deuxième appelle au contentement. Grâce à un état de paix intérieure, je retiens le côté positif de ma vie. Le troisième est l’ascèse du juste milieu. Je veille à équilibrer les énergies pour éviter les excès préjudiciables à mon corps et à ma tête : nourriture, travail, activités physiques, loisirs, sommeil… Quatrième et avant-dernier principe, l’étude de soi par les textes sacrés. Enfin, la dévotion : en reconnaissant mes limites, je m’en remets à une force plus élevée, dans l’humilité la plus totale.

On voit aussi apparaître cette notion d’équilibre et de modération dans les cinq principes relationnels du yoga (yamas), qui sont par ordre d’importance : non violence, véracité, honnêteté, tempérance et non convoitise. Ces qualités sont requises dans la relation à l’autre et à soi-même. Ne pas faire souffrir autrui, avoir des relations harmonieuses, dire la vérité de manière agréable, ne pas gaspiller son énergie inutilement, respecter ce qui appartient à mon voisin, ne pas rechercher la possession de biens superflus… sont autant de principes à avoir pour mettre en place un cercle vertueux de pensées et d’actions.

Une pratique personnalisée et régulière visant à l’autonomie

« La prise du pouls, qui requiert des années d’apprentissage, est un outil précieux qui permet d’avoir une idée de ce qu’il se passe à l’intérieur d’une maison sans y rentrer : humide, sec, aéré, renfermé, chaud, froid… En fonction de ces renseignements, toutes les postures s’imposent d’elles-mêmes et la séance se dessine. La yogathérapie, qui a toujours existé dans la tradition du yoga, a pour but de favoriser le processus de guérison de l’individu ou de prévenir la maladie.

cfr:https://jack35.wordpress.com/2017/01/12/se-soigner-grace-a-la-yogatherapie-video/

Rayon Sport ikuyemo Wau Salam yo muri Sudani

Kuri iki cyumweru,ibintu byari waoooooo! ku ikipe ya Rayon Sport.Wari umukino wo kwishyurana waberereye kuri Stade Amahoro.Warangiye Rayon Sport itsinze Wau Salam ibitego 2 kuri 0, n’ubwo yakinishaga abakinnyi 10 kubera ikarita y’umutuku yabonetse mu ntangiriro z’umukino.

Ubwo yari yasohotse mu mukino ubanza muri Sudani,yari yatsinze ibitego 4 byose kuri 0.Birashoboka ko icyizere cyo kudatsindirwa iwayo cyatumye n’abafana batitabira ari benshi.Ibice bimwe bya Stade byari birimo ubusa kandi ubundi yakubitaga ikuzura ku mpande zose.dsc1023-cd055

5062-54d55Iyi kipe ya Wau Salam ivuyemo rugikubita.N’ubwo bari babukereye,abakinnyi bayo bisubiriye iwabo muri Sudani y’Epfo ntawe utsinze igitego na kimwe.Nibitahire amahoro muri icyo gihugu kikirimo intambara.

68f28a8923dd59467067bf31d35f5835Naho iyi kipe yiyambarira ubururu n’umweru,igisigaye ni ukwerekana koko ko ikiri Gikundiro.Abafana bayitegereje ku mukino utaha wo muri Mali.Kuba ikinisha Moussa Camara uvuka muri iki gihugu ntibizabe impamvu yo gutsindwa cyangwa gusezererwa.Ubwo umutoza Masudi Djuma arabyumva…

By P.B

Rwanda: Umusore yahimbye umukino mushya « Boneza Ball »

Ni mu Karere ka Rusizi.Ni ho umusore Ngirinshuti Jonas yagiriye inzozi zigiye kuba ukuri:umukino udasanzwe witwa Boneza Ball.

N’ubwo ari imvange y’indi mikino,ntibiwubujije kuba umwihariko.Kugira ngo umwimerere wa Boneza ball ugaragare kandi wumvikane neza,ni ngombwa gushyigikirwa n’inzego zibishinzwe.

Twifurije uyu musore kudacika intege,ahubwo agahata inzira ibirenge mu bigo binyuranye by’amashuri ku buryo hategurwa amarushanwa mu Mirenge no  mu tundi Turere nk’uko biherutse gutegurwa tariki ya 21 Nzeri.Akari cyera azahabwa umudari urenze uw’abihangira imirimo.

N’ubwo bitoroshye bwose,uyu mukino ntuzatinda kumenyekana ukwirakwijwe n’abawukunda.Ariko bizaba akarusho niba bamwe bashyigikira za Manchester na za FC Balcelone cyangwa za Arsenal kuko ari iz’i Burayi,bazageraho bakamuha amahirwe nibura yo kugera i Kigali.

Kandi birashoboka.Ndareba ngasanga igitekerezo cye kiri mu murongo mwiza ujyanye na gahunda ya Made in Rwanda.Twizere ko za radiyo na televiziyo zitazamutererana.Niba zitaramutera imboni,izuba ntirirarenga.Hari ubwo abafite ubushobozi  bagira impungenge zo gushyigikira ikipe isa n’ikiri mu mishinga.Izi nzozi zo kuwugeza kure Jonas azazikabya?

By P.B

Rwanda: Umusore yahimbye umukino mushya witwa »Boneza Ball »

Ni mu Karere ka Rusizi.Ni ho umusore Ngirinshuti Jonas yagiriye inzozi zigiye kuba ukuri:umukino udasanzwe witwa Boneza Ball.

N’ubwo ari imvange y’indi mikino,ntibiwubujije kuba umwihariko.Kugira ngo umwimerere wa Boneza ball ugaragare kandi wumvikane neza,ni ngombwa gushyigikirwa n’inzego zibishinzwe.

Twifurije uyu musore kudacika intege,ahubwo agahata inzira ibirenge mu bigo binyuranye by’amashuri ku buryo hategurwa amarushanwa mu Mirenge no  mu tundi Turere nk’uko biherutse gutegurwa tariki ya 21 Nzeri.Akari cyera azahabwa umudari urenze uw’abihangira imirimo.

N’ubwo bitoroshye bwose,uyu mukino ntuzatinda kumenyekana ukwirakwijwe n’abawukunda.Ariko bizaba akarusho niba bamwe bashyigikira za Manchester na za FC Balcelone cyangwa za Arsenal kuko ari iz’i Burayi,bazageraho bakamuha amahirwe nibura yo kugera i Kigali.

Kandi birashoboka.Ndareba ngasanga igitekerezo cye kiri mu murongo mwiza ujyanye na gahunda ya Made in Rwanda.

Twizere ko za radiyo na televiziyo zitazamutererana.Niba zitaramutera imboni,izuba ntirirarenga.Hari ubwo abafite ubushobozi  bagira impungenge zo gushyigikira ikipe isa n’ikiri mu mishinga.Izi nzozi zo kuwugeza kure Jonas azazikabya?

By P.B

Ces petits pays africains monteront-ils au podium à Rio?

Ils sont tous bien accueillis à Rio.Mais le nombre très limité des participants pour certains pays est sujet d’inquiétude.Ne va-t-il pas s’appliquer sur eux ce proverbe « qui a semé peu récoltera peu,qui a semé largement récoltera aussi largement? »

Dans ces jeux olympiques de Rio 2016,le Rwanda n’a envoyé que 7 compétiteurs.Combien de médailles peut-il espérer?

De l’autre côté de l’Akagera,la Tanzanie n’a pas fait mieux:7 seulement se sont déplacés.

Le Burundi est aussi faiblement représenté:9

Notre voisin du Nord,l’Ouganda,lui aussi n’en a que 22

Parmi les pays de l’Afrique de l’Est( EAC),c’est le Kenya qui a un nombre imposant:+82

Les résultats(en médailles)montreront s’il nest pas plus raisonnable de compter sur un grand nombre, de disciplines très variées.Cela demande bien sûr beaucoup d’investissement dans le sport et d’encouragement de nos sportifs.

By P.B

%d blogueurs aiment cette page :