Ubuzima bw’abatagatifu: Saint Jérome,Umwambari wa Kristu n’Ijambo rye

N’ubwo bitari byoroshye kubana na we kubera imiterere ye(caractère)n’imitekerereze ye (vindicatif),hari ibindi byatumaga bamukunda.

Yavukiye ahitwa Dalmatie(Croatie y’ubu).Yakiriye Batisimu afite imyaka 19.Kuva ubwo,inyota yo gushakashaka Kristu yamujemo kandi irushaho kwiyongera bituma akora ingendo nyinshi.
Yagiye i Roma kwiga,akomereza i Antiyokiya,aho yaherewe ubusaseridoti(379).Nyuma yerekeje Constantinople kugira ngo anoze ibya Bibiliya abifashijwemo na mutagatifu Geregori wa Nazianze.
Yavugaga neza Ikigereki n’Ikilatini kandi akamenya n’Igihebureyi.Ibi byamworohereje mu murimo we yakundaga cyane wo gusobanura Ibyanditswe(Ecritures)abihuje n’amateka(interprétation historicisante)yerekeza kuri Kristu.
Yahereye aho ahindura Bibiliya yari yanditse mu Kigereki(Septante)ayishyira mu Kilatini(Vulgate)kugira ngo isomwe na benshi.

Kubera imiterere ye(caractère)n’imitekerereze ye yo kutanyurwa(vindicatif),ngo ntibyari byoroshye kubana na we.Icyakora uburyo yakundaga Kristu n’Ijambo ry’Imana byatumaga nanone abantu bamukunda.

Na we yari yiyiziho iyo ngeso.Uburyo bwe bwo kurwanya iyo ntare itontoma iruhande rwe ngo imwerekeze mu maso y’urupfu,nta bundi butari ubwo kuyitsindisha Ijambo ry’Imana n’umurimo.

Yeronimu wavutse ahagana mu mwaka wa 347,yitabye Imana tariki ya 30 Nzeli,muri 420 i Beterehemu.Afatwa nk’Umwigisha wa Kiliziya(Docteur de l’Eglise)wo mu gihe kimwe na Ambroise,Augustin na Grégoire wa mbere.Amwe mu magambo ye(citations) yadufasha:

« Priez-vous?Vous parlez au Seigneur.Lisez-vous l’Écriture Sainte?C’est Lui qui vous parle. »

« Ignorer les Ecritures c’est ignorer le Christ »

« Livre-toi à quelque travail manuel,pour que le diable te trouve occupé. »

 

Nguko uko adusabira! Umunsi mwiza ku bamwiyambaza.

By P.B

Ubuzima bw’abatagatifu: Saint Wenceslas,urugero rw’abategetsi bubaha Imana

N’ubwo atari uwa vuba aha(907-929),mutagatifu Wensisilasi yabera benshi urugero rwo kuba intwari bahuza intwaro z’ukwemera n’iz’ubutegetsi.

Akicara ku ntebe ya Bohême(Duc de Bohême) yari afite imyaka 18 akajya mu misa yihishe nyina warwanyaga ubukristu. Gukunda Imana no kuyubaha yabitojwe na nyirakuru Ludmilla. Kubera imbaraga yakuraga mu guhabwa Ukaristiya, uwo musore  yacunguye abagaragu benshi b’abapagani(esclaves païens)abishyuriye mu isoko rya Prague(racheter)kugira ngo babatizwe.

Ibyo ntibyanyuze nyina(Drahomira)na murumuna we(Boleslas)bahisemo kumwikiza.Uwo murumuna we na we washakaga iyo ntebe,yamwicishije asohotse mu kiliziya ya Boleslava(République tchèque).

Wensisilasi yanze kwirwanaho akoresheje inkota(épée),ahubwo abwira murumuna we ati » Sinakica umuvandimwe wanjye,ndakubabariye. »

Bamutsinze aho afite imyaka 23.Hari tariki ya 28 Neli 929.Uretse kuba urugero rw’abategetsi bubaha Imana, Kiliziya imufata nk’umuvugizi w’abahereza ba Misa(Servants d’Autel). Isengesho rye rigere ku mutima w’abayobozi bakiri bato n’abadaterwa ipfunwe n’ukwemera kwabo.

Umunsi mukuru mwiza ku bitwa Wensisilasi, kimwe na ba Lioba, Loucas na Lucas.

Cyangugu:Padiri Kabera Alphonse bamusezeyeho ari imbaga

Ibihuha byavugaga ko Padiri Alphonse yishwe.Ibyo byavugurujwe mu muhango wo kumushyingura..

Umuhango wo kumusezeraho wabereye muri kiliziya ya Katedrali ya Cyangugu kuva saa 9h00 ukurikirwa na Misa yo kumuherekeza mu rugendo rugana ijuru.Yari imbaga y’abapadiri,abakristu n’abihayimana.

Padiri mukuru wa paruwasi yacu,Ignace Kabera, yavuguruje ibihuha byavugaga ko mugenzi we,Alphonse, yishwe.N’Umwepiskopi na we yabishimangiye ko azize indwara.

Umuhango wa nyuma wo kumuherekeza mushobora kuwukurikirana  muri aya mafoto make:

Alphonse Kabera4.jpg

Alphonse Kabera 2

Alphonse Kabera 1

Alphonse Kabera3.jpg

Imana yakoreye imwakire!

By Kagenzi Jean Fidèle/Paruwasi Cyangugu

Ubuzima bw’abatagatifu:Saint Vincent de Paul,umuvugizi w’abakene

Azwi nka Monsieur Vincent. N’ubwo atamaze imyaka myinshi cyane ku isi(1581-1660),yakoze byinshi mu rwego rwo kwita ku bakene.
Nyuma yo kuba umurezi w’abana b’abakire(précepteur des Gondi),yabaye umusaseridoti muri paruwasi y’icyaro(Chatillon-les-Dombes)aho yiboneye ko mu gihugu cye cy’Ubufaransa hari ubukene mu bya roho(misère spirituelle).

Ni bwo yashinze umuryango w’abapadiri(1625) bo kwita ku bakene bameze nka Lazaro (Lazaristes). Bidatinze,yifatanije na Louise de Marillac bashinga umuryango w’Abakobwa b’Urukundo(Filles de la Charité,1633)kugira ngo n’abakobwa cyangwa abagore bakennye na bo bitabweho.

N’abatari muri iyo miryango y’abihayimana bashyira mu bikorwa inyigisho ze babinyujije muri Equipes de Saint Vincent cyangwa Conférences de Saint Vincent de Paul.Kandi koko ntiyasibaga kubwira abe ko (citations):

« Urukundo ruhorana iteka udushya twarwo »(« L’amour est inventif à l’infini »).

« Habiter dans une maison où règne la charité fraternelle,c’est vivre dans un paradis »

« Il n’est rien de plus désirable,ni de plus délicieux,que de vivre avec ceux qu’on aime »

« Pour que les choses avancent,il faut du temps et de la patience »

 

Kimwe na ba Enzo,kuri iyi tariki ya 27 Nzeli, turazirikana kandi Aquiline,Adolphe na Adolphine.Bose baradusabira,tubiyambaze.

By P.B

Rwanda:Padiri Kabera Alphonse wa Diyosezi ya Cyangugu azize iki?

Urupfu rwa padiri Alphonse ruradutunguye.Ku myaka 65 gusa ruramwivuganye.Agiye yujuje 38 y’ubusaseridoti yahawe mu 1979.Yari umupadiri wa diyosezi ya Cyangugu.Ubu yakoreraga ubutumwa bwa Kiliziya muri paruwasi katedrali ya Cyangugu.

Ibibazo ni byinshi

Abakristu bo mu maparuwasi yabayemo nka Mushaka,Hanika,Shangi na Nkanka n’ahandi bakomeje kwibaza ku by’urupfu rwe.Ababanye na we bamuzi nk’umupadiri witurije,uvuga make kandi wiyitaho.Kuri bo ngo ntibisanzwe ko umupadiri apfa gutyo gusa ku myaka nk’iriya!Ngo arakenyutse rwose…

Azize urw’ikirago cyangwa yishwe?

Igiteye urujijo kurushaho ni inkuru ziriwe zicicikana kuri net no kuri za Whatsapp ngo yishwe anigiwe mu cyumba cye mu ijoro rishyira ku wa 26.09.2017.Abapadiri bagenzi be bemeza ko yarasanganywe indwara y’igisukari(diabète)yo ku rwego rwo hejuru.

Ntibitangaje ko yamutsinda mu kirago cyangwa mu ntebe,nk’ufashwe n’umutima(infarctus)kubera kuzamuka cyangwa kumanuka kw’ibipimo(hypertension ou hypotension).Kandi ngo umurwayi wa diabète ashobora kwitahira mbere y’imyaka 5 cyangwa 10 kuyo yari kuzamara.

Ese hari ikizatangazwa ku bizamini byo kwa muganga nyuma y’urwo rupfu kugira ngo abashidikanya na bo bemere?Reka dutegereze ejo ku wa gatatu tariki ya 27.09.2017 mu Misa yo kumusezeraho nk’uko biri muri iri tangazo ry’Umwepiskopi wacu:Misa yo gusabira padiri KaberaAbatazashobora kuhagera muzasabire na diyosezi yacu.Kandi na padiri twakundaga aruhukire mu mahoro(RIP).

By Uwera Jocelyne Mico/Cyangugu

Pour dimanche: y a-t-il une raison de chercher Dieu?

A moins de trouver quelqu’un qui vit mieux ou qui est utile aux autres grâce à la prière,il est possible de s’ennuyer avec Dieu et de ne point le chercher.

Partant de la première lecture de ce dimanche,une question peut surgir: y a-t-il une raison de chercher Dieu?Pour certains,c’est clair: inutile même d’y penser parce que ses pensées nous dépassent. Pour d’autres,les raisons de chercher Dieu sont plusieurs et multiples.Lisons d’abord:

Cherchez le Seigneur tant qu’il se laisse trouver ;
invoquez-le tant qu’il est proche.
Que le méchant abandonne son chemin,
et l’homme perfide, ses pensées !
Qu’il revienne vers le Seigneur
qui lui montrera sa miséricorde,
vers notre Dieu
qui est riche en pardon.
Car mes pensées ne sont pas vos pensées,
et vos chemins ne sont pas mes chemins,
– oracle du Seigneur.
Autant le ciel est élevé au-dessus de la terre,
autant mes chemins sont élevés au-dessus de vos chemins,
et mes pensées, au-dessus de vos pensées. (Is 55, 6-9)

 

A moins de trouver quelqu’un qui vit mieux quand il prie ou qui est utile aux autres grâce à la prière,il est possible de s’ennuyer avec Dieu et de ne point le chercher. Le remède peut être de l’ordre des pensées pensantes qui aident à renouer avec la transcendance et donc de reprendre chemin.

Dans l’Évangile(Mt 20, 1-16),Jésus n’y va pas par quatre chemins : « Allez à ma vigne,vous aussi,et je vous donnerai ce qui est juste. » Êtes-vous d’accord? Peut-être.
Pour ce dimanche,si nos pensées nous séparent parce que nous croyons avoir raison,l’amour de Dieu nous unit et cherche à nous mettre d’accord sur l’essentiel.

Si des regards mauvais nous éloignent à cause des injustices que nous découvrons au quotidien,la bonté du Seigneur nous attire et nous fait revenir.Allons-y dans sa vigne, car il donne à chacun un salaire.

Bon dimanche à toutes et à tous.

By P.B

Mauritanie: les 12 Américains expulsés comme des sans-papiers!

Est contagieux l’exemple de Donald Trump qui expulse les sans-papiers sur le sol américain. La Mauritanie vient de montrer que les Américains aussi peuvent être des sans papiers sur le sol africain.

Douze acteurs américains en matière de droits de l’Homme ont été expulsés vendredi soir de l’aéroport de Nouakchott. Mohamed Ould Cheikh ,Ministre de la culture et de l’artisanat et porte-parole du gouvernement, a dit que cette délégation avait un programme qu’elle n’avait pas coordonné avec le gouvernement mauritanien.

Or,ajoute-t-il,il est d’usage d’exposer ce programme aux autorités concernées pour le valider et pour faciliter la tâche à ses auteurs, les accompagner et les sécuriser,car notre pays est ouvert mais accueille les hôtes sur la base d’un programme précis…Dans notre monde d’aujourd’hui, il n’est plus permis de rentrer comme ça dans un pays sans aucune coordination avec lui.

Le porte-parole du gouvernement a clairement souligné que la délégation américaine a envoyé un programme jugé inacceptable et dont les changements étaient insuffisants,en ce qui concerne les rencontres et les soirées organisées avec une seule ethnie.

Pour lui,cette conduite constitue une violation du droit mauritanien et s’oppose à l’esprit et au climat de tolérance dont jouit le peuple mauritanien, qui est une société vivant en harmonie.

A lire: Le porte-parole du Gouvernement s’explique sur l’expulsion de 12 Américains

Un malentendu?

S’agit-il d’un malentendu?Le gouvernement mauritanien s’explique:
« Les autorités avaient informé l’ambassade américaine du fait que les membres de la délégation étaient «persona non grata» (indésirables). Malgré cette opposition, cette délégation a néanmoins décidé de venir en Mauritanie », a dit le ministre.

En les expulsant,la Mauritanie vient de montrer que les Américains aussi peuvent être des sans-papiers sur le sol africain.Ce n’est plus seulement Donald Trump qui chasse les sans-papiers sur le sol américain!Un clin d’œil ou une réponse à ces pratiques du pays de l’Oncle Sam?

Embarras de l’Ambassade des Etats-Unis

Après cet événement embarrassant,l’Ambassade des Etats-Unis en Mauritanie est préoccupée par le fait que le 8 septembre, douze Américains, militants des droits civiques engagés dans la lutte contre l’esclavage, ont été refusés l’entrée en Mauritanie.

Cette délégation privée, organisée par l’Institut d’Abolition basé à Chicago et l’ONG des droits civiques Rainbow PUSH, devait effectuer une visite en Mauritanie du 8 au 15 septembre pour en savoir plus sur ses efforts courageux pour éradiquer l’esclavage et ses séquelles, et promouvoir la cohésion raciale.

La délégation souhaitait connaître les succès de la Mauritanie dans l’éradication de l’esclavage et promouvoir ces réussites au niveau international.Elle va rencontrer ses hôtes, »SOS Esclavage » à Dakar,Sénégal.Les effets seront-ils les mêmes?

By P.B

Indaya z’i Muhanga zahakanye kubireka !

Uburaya ngo si umurimo utesha agaciro umwari n’umutegarugori kuko ari umwuga nk’iyindi.Abawukorera muri Muhanga ngo ni nk’abacuruzi:buri wese amenya ibintu bye n’abamugurira…

Zimwe mu ndaya za hano Muhanga ntizigitinya kuvuga akaziri ku mutima.Hari n’ubwo bizirenga zikavuga n’akari i Murori.Zimwe mu zo twegereye ngo zitubwire aho zigeze ziva muri uwo mwuga utesha agaciro umwari n’umutegarugori,ziti « Twareka uwo mwuga wo gutega gute kandi n’agatebo mukatubuza ? »

Muri rusange,iki ni cyo kibazo bahuriyeho bose kandi bakakivuga beruye,batarya iminwa.Uwo munsi ubwo twababazaga,bari bitabiriye inama y’ubuyobozi ari benshi bitangaje.Bamwe bari bahetse abana nk’abaje gutanga ikirego.

Abandi bo bari babukereye nk’abaje mu birori.Tutibagiwe n’abandi rwose bigaragara ko iminsi ibageze habi.Mu gusohoka bataha,rwari urusaku gusa.Twagerageje kubavugisha ngo tubabaze icyabaye cyangwa ikitagenze neza muri iyo nama.

Ngiyo inkongoro y’umwana !

Babiri mu batari bishimiye iby’iyo nama bifuje ko tubatumikira kuri abo bayobozi ngo batazi ibibazo biri hanze aha.Bati, « Twari tuzi ko nitujya gutaha babwira buri wese ngo ‘Ngiyi inkongoro y’umwana! »
None se buriya ntibazi ko umuntu agomba gutigita kugira ngo abone amata y’umwana? Ubu se saa sita na nijoro turabaha iki? Ariya magambo badutekereye se ni yo tubatamika?

Ni akazi kabatunze

Batatu basaga n’aho ari ntacyo bibabwiye,bavugaga ko batindiwe no kugera mu rugo ngo bakore nibura ituru imwe ya 2000frw cyangwa 5000frw.Ngo ntawareka akazi kamuhemba kandi kamutunze,we n’umuryango we.

Ngo na bimwe byo kubashyira mu mashyirahamwe basanga ari ntacyo bimaze kuko ngo hari abakiliya baba bashaka imari ishyushye.Ngo ahubwo bakwiye kwitabwaho ku bundi buryo,byaba ngombwa bagasora kuko byafasha n’abo bakikliya kubona ibyo bashaka mu mutekano.

Ngo uwiba ahetse?

Nyiraminani w’imyaka 34 akorana n’umukobwa we ufite 16.Twamubajije niba azi uyu mugani uvuga ko « Uwiba ahetse aba abwiriza uri i mugongo »,araseka cyane!Ngo ni mukuru na we arigenza.

Twegereye uwo mukobwa wari witeye amabara yose,adukurira inzira ku murima ngo ntavugana n’abatagura.Ngo natwe hano muri Muhanga tumeze nk’abacuruzi:buri muntu amenya ibintu bye;ntawe twiba,ariko uwatwiba we ntiyadukira! Harahagazwe.Ngurwo u Rwanda rw’ejo.

By Baziki Jean Paul/Muhanga

Ouganda:La ministre de la Santé se fait passer pour une patiente en burka

Ouganda et santéLa corruption est devenue endémique dans les centres hospitaliers de Kampala.Sarah Opendi, ministre ougandaise de la Santé, était dépassée par les plaintes.C’est pour cela qu’elle s’est prêtée au jeu de l’immersion pour se rendre compte de cette situation dans les hôpitaux publics du pays.

Vêtue d’une burka, elle s’est rendue en boda-boda (moto taxi) vendredi 15 septembre à l’hôpital de Naguru, dans la capitale Kampala.Selon Independent, la Ministre voulait passer sans être reconnue. « J’avais reçu de nombreuses plaintes sur le personnel de l’hôpital qui extorque de l’argent aux patients », a t-elle raconté,ce samedi 16 septembre.

Ministre Sarah Opendi en boda boda vers l’hôpital visé par la corruption

Se faisant ainsi passer pour une patiente ordinaire, un médecin lui a réclamé 150 000 shillings (35 euros) pour des examens de laboratoire « qui sont censés être gratuits ». Plus encore,une infirmière de la réception lui a exigé un dessous-de-table de 5 000 shillings (1 euro) pour un test de glycémie.

La patiente-ministre a tout payé et a ensuite appelé la police qui a arrêté les deux travailleurs.Cette action a été saluée par beaucoup comme signe de limitation de bureaucratie du gouvernement ougandais mais aussi de nécessité d’augmenter les fonds publics alloués au secteur de la santé.

Dans ce pays où le salaire moyen est estimé à 200 000 shillings,les travailleurs médicaux qui gagnent environ 300 000 shillings [70 euros] par mois sont-ils convenablement rémunérés?. Mal payés, ne seraient-ils pas tentés de recourir à ces pots-de-vin pour arrondir leurs fins de mois?Peut-être que cette visite hors-normes permettra de résoudre le problème de fond:les salaires de misère.

By B.P

Comment les Japonais font l’amour avec les coussins

L’usage des sex-toys n’est pas le propre de la culture occidentale.Les Japonais en ont fait l’art de susciter et d’entretenir le plaisir.

Au Japon, matelas, édredons et oreillers peuvent devenir des sex-toys !C’est l’anthropologue Agnès Giard qui nous révèle l’attachement des Japonais à ces sex-toys, car « n’ayant pas de forme définitive, ils peuvent épouser les contours de tous les fantasmes.

Ces jouets sexuels ,appelés coussins à étreindre, ils se coincent entre les bras et les jambes et sont de véritables objets masturbatoires. Parfois ce sont des Kû pillows,de simples matelas de plastique. Ils ont une taille humaine et sont ornés de dessins de beaux jeunes gens et de séduisantes jeunes filles habillés sur le côté face du matelas et déshabillés sur le côté pile.

Parfois aussi,ce sont des Daki-makura, de longs traversins ornés de filles ou de garçons.Il y a encore les poupées traversin à taille humaine en version homme et femme; ils sont baptisés Cotton Wife et Husband Hug Pillows, épouse et époux de coton, peuvent être habillés, couchés dans un lit, assis sur une chaise…

En vue des jouissances désirées,des moments de silence sont prévus pour que chacun puisse imaginer ses propres rapports grâce à ces êtres de rêve.C’est le charme de la culture nipponne dans l’art de susciter et d’entretenir le plaisir.

L’usage des sex-toys ne serait donc pas le propre de la culture occidentale,tel que la plupart s’imaginent.

 

A lire: Les Japonais font l’amour avec les coussins
By P.B

Rwanda: L’Église catholique sera coupable du silence de Mgr Thaddée Ntihinyurwa

Originaire de Kibeho,Mgr Thaddée Ntihinyurwa est doublement visé par l’affaire de Maniragaba Herman:en tant que responsable(métropolitain)de l’Église du Rwanda et en tant qu’évêque qui a son lieu de naissance,l’endroit en cause.La personnalité de l’accusé et de l’accusateur sera déterminante.

Qui est Maniragaba Herman?

Dans ce procès intenté à l’Eglise d’avoir « porté atteinte à la dignité des Rwandais »(gutesha agaciro Abanyarwanda)et d’avoir « supprimé la culture rwandaise », la personnalité de Herman pose un problème. Mgr Thaddée Ntihinyurwa doit-il réellement répondre à ses accusations?

Il serait intéressant de savoir qui est ce Monsieur Herman?Est-il victime directe ou indirecte du crime qu’il incrimine à l’archevêque Thaddée et à l’Église catholique?Ne s’agirait-il pas de quelqu’un qui a besoin de faire parler de lui ou de se faire une publicité?

Quoi qu’il en soit, son premier pari est gagné:faire sortir de leur silence, Monseigneur Thaddée Ntihinyurwa et l’Église du Rwanda. Le 20 septembre 2017,ils feront face à la justice.

Et quel sera le verdict ?Le Tribunal permettra-t-il aux gens mal-intentionnés à l’instar de Herman, de comprendre que le droit de penser ne doit ni heurter ni exclure la liberté de conscience et de religion(article 47 de la Constitution rwandaise)?Ne tiendra-t-il pas compte de la gravité d’un tel procès?

C’est très grave

En s’attaquant aux apparitions de Kibeho, l’accusateur n’a pas caché ses intentions. Est-ce que derrière cette procédure, n’y a-t-il pas une volonté délibérée de freiner le développement de Kibeho qui,grâce à ces apparitions,est la fierté régionale(Nyaruguru)et nationale?

Sans doute que l’intéressé ignore totalement que l’Église n’oblige personne à croire à la véracité des apparitions ni à se rendre sur les lieux reconnus saints.Seulement,elle a le devoir et le droit d’encourager ceux qui y croient et en trouvent un intérêt supérieur et spirituel.

En revanche,c’est très grave et vraiment honteux de s’attaquer à ces milliers de gens qui ne manquent pas de raisons de se rendre au Sanctuaire de Kibeho. Si l’Archevêque use du silence(comme il en a l’habitude),jugé parfois efficace contre les imbéciles,c’est l’Église qui en sortira perdante.Qu’à cela ne tienne.

By P.B

Birababaje: Rwose ibintu byaracitse!

Amahirwe abantu bagira ni uko badafata ibintu kimwe.Hari ababerwa no gukuririza inkuru, hakaba n’abakunda byacitse.Hari abareba ntibabone,hakaba n’ababibona bakarenzaho uruho.

Nguko uko ibibazo bikomera cyangwa bikaburirwa umuti kandi ibisubizo bitabuze.Uti, « None hakorwa iki? » Ibaze nawe bikubayeho kuri ubu buryo kandi ari incuti yawe ibikuzanyeho.

Reka ntibishoboka!Ahaaa… Umuntu yaturutse muri Nyaruguru ajya kwa mugenzi we i Nyagatare kumutekerereza ibyago byateye mu Karere k’iwabo.Nk’uwisanga ati, »Rwose ibintu byaracitse,abantu barapfa umusubizo »

Nyir’urugo, ati « None se ngire nte? » Ahita yungamo ati « Mwebwe mwari gupfa kudoda ibyacitse,mukareka abantu bakipfira…Areba hejuru mu kirere,arongera ati « N’inzovu zirapfa nkanswe udusimba!Muyobewe se ko ufite ibintu atabura abantu?! »

Uwibwiraga ko aganyira incuti ataha yumiwe.Ageze ku irembo atangira kwivugisha ngo nta by’iki gihe…Na hano ijuru si ryeru.Bitewe n’uko bwari bwije, yifatirwa Coaster.Bamubajije ikarita arayibura,bati « dore Twegerane aho ziriiii…Nyaruka bwangu »

Yagiye shishi itabona,agerayo ari intere,mbese nk’umupfu usanze abandi.Na byo birababaje.

By Karwera Agnes/Remera

%d blogueurs aiment cette page :