Umutwe nk’uyu ni ingirakamaro!

Dore umugabo utagombera ibindi bikoresho ngo atemagure imyungu ihaza imbaga!Umutwe we uramuhagije.Kandi ngo agifite umusatsi ntiyabishoboraga.

Aho aciriye ako gahigo,abantu basigaye bibaza niba guharangura umutwe bitawutera gukomera koko.Abanyarwanda rero baba barabivumbuye batabizi!

Umutwe w'imfungwaNgo burya kogosha imfungwa zose bakazimaraho umusatsi,si ikibazo cy’isuku gusa.Impamvu ni uko imfungwa ziza muri gereza ziba zisasanganywe umutwe woroshye;zigomba gufashwa ngo zizasohokemo zishoboye kuwifashisha!

Umutwe wa ZidaneGuharanguza umutwe rero byaba biwutera gukomera bidasanzwe.Ikimenyetso simusiga ni nka wa mutwe Zidane yateye Materazzi mu mukino w’igikombe cy’isi 2006.N’ubwo yahawe ikarita y’umutuku,ubu ntibimubujije kuba Umutoza w’ikipe ikomeye nka Real Madrid!

Ariko se gutegura umutwe kuri ubwo buryo nta sano byaba bifitanye n’uko mu iteramakofe(boxe)amakamba menshi yambikwa abiharanguje?Nka Mike Tyson,Marvin Hagler,Jean Marc Mormeck…Umutwe 1

By P.B

Un coup d’Etat militaire dans le ciel européen?La Turquie en pointe

La soif du pouvoir militaire n’est point le propre des pays africains.Le ciel européen est désormais menacé par ces foudres qui frappent même là où les paratonnerres étaient supposés efficaces.

Coup d'Etat TurquieQui penserait que la Turquie d’Erdogan,chantre de la démocratie islamique,en arriverait à ces coups griffés entre civils et militaires?L’heure de la démocratie populaire a-t-elle sonné pour que les partisans du pouvoir fassent payer aux putschistes le prix de leur échec?

Certes,la Turquie n’est pas à son premier essai des coups d’Etat militaires.Depuis 1960,elle en est à son quatrième essai(1960,191,1980). La répression de la récente tentative est la preuve d’une armée qui sauve les apparences de son unité et de sa puissance.

Si la comédie de la gloire du président actuel et de son parti AKP n’est pas bien jouée,la justice passera.Sinon,l’épée de la colère criera vengeance. Le nombre de morts et d’arrestations quasi arbitraires ne cesseront guère de se multiplier.

Dans ce cas,l’Union Européenne et les Etats-Unis seront bien embarrassés.Certes,le désir de la Turquie de faire pleinement partie de ce ciel européen permettrait d’adopter une conduite moins indigne de son entrée tant attendue.Encore que les Européens parviennent à brandir unanimement l’arme la plus forte des droits de l’homme.

Quant aux Etat-Unis,la volonté de ne pas perdre un allié incontournable dans le combat contre « l’Etat Islamique » en Syrie et en Iraq pourrait prévaloir sur « l’Etat de droit » par des compromettantes tergiversations.

Rappelons que ces grandes puissances avaient élevé hautement la voix contre le président Pierre Nkurunziza du Burundi lors de la poursuite des putschistes du 13 mai 2015. Procéderont-elles de la même manière pour Recep Erdogan?

Rien n’est moins sûr.Alors que le Burundi déplorait 90 morts,la Turquie en recense 290.Alors que Pierre Nkurunziza a fait arrêter 28 putschistes,Erdogan en a fait ramasser 6000! Les mesures internationales prouveront que les deux pays n’ont rien de comparable quant à la taille(balance mondiale)et à la position géopolitique.

Coup d'Etat Turquie 1Entre temps,la population continuera de chercher l’abri sous ces machines de guerre dont l’efficacité ne fait qu’accroitre le marché.

By P.B

La France sous le choc d’un nouvel attentat

Les victimes n’en reviennent pas.A Nice,le merveilleux bruit de la fête a viré aux cris et aux larmes.Les festivités du 14 juillet 2016 ont été plus qu’un cauchemar.

Les attentats risquent de devenir le pain amer du quotidien français.Depuis mars 2012,on n’arrête pas de compter les morts:plus de 8 séismes terroristes ont secoué le territoire.

A Nice,cette ville maritime des Alpes -Côte d’Azur,ce ne sont pas les armes à feu qui ont retenti.C’est un camion qui a rendu dure la vie des habitants et des touristes; ils ont cru aux bruits des feux d’artifice. Mais, non!

Près de 2,3kilomètres de course en moins de 45 secondes pour faire plus de 84 morts et 202 blessés,Mohamed Lahouaiej Bouhlel a roulé sur les vies humaines avec un poids lourd de 19 tonnes. Tout cela suscite moult commentaires et indignations.

En attendant tous les résultats des enquêteurs,il est souhaitable que l’esprit de tolérance et de vaillance dirige encore les discussions utiles pour le respect des victimes et de leurs familles humainement inconsolables.Attentat de Nice 1

C’est le moment de leur rendre hommage et d’entretenir les petites lumières de l’espérance.

By P.B

Ndatabaza: umugabo wanjye yabaye nk’umwana!

Tumaranye imyaka 37 tubana.Twabyaranye abana 5,barimo 2 b’abakobwa.Ab’abahungu nahoraga nkubita kubera kunyara ku buriri.None aho bose bagendeye,umugabo wanjye yabaye nk’umwana;ni we usigaye uhanyara!

Basomyi mwese ndabiyambaje ngo mumbwire uko nzabigenza.Na we se nzamushakire inkoni nk’abo bahungu be?Ko tutatinyuka kubishyira mu ruhame no kwiha rubanda,mwangira iyihe nama?

Rwose ndatabaza nkomeje kuko mbona na we byamaze kumurenga ku buryo bigaragara ko yabuze uko yifata.

By K.Bernadette,Kicukiro

Jamais de Pape Noir, faute de prêtres africains célibataires!

Ces mois de l’été,sont des périodes des nominations et des changements de direction dans les paroisses et/ou les diocèses.Dans certains endroits,le mouvement des prêtres noirs(=africains)s’amplifie, et nombreux s’en indignent.

Comme si c’était un malheur pour ces endroits,la nomination d’un Curé noir est accueillie avec beaucoup d’appréhensions quand elle n’est pas mal acceptée.Il suffit d’en avoir un de nommé pour que l’événement fasse la Une et soulève des discussions sans frontières.

C’est surtout autour d’un bon repas que tout cela se passe.Ça parle et ça se critique.De même que l’on passe d’un menu à l’autre,de la même manière on glisse d’un sujet avec le même engouement et appétit.

En ce moment,les idées des « bien pensant » coulent à flot. « Il ne reste aux Africains que d’avoir un Pape! » ,lance le premier des convives. A un autre d’ajouter: « Cela ne tardera pas, parce qu’ils sont tous conservateurs. »

Avec un ton moqueur,c’est au plus avisé de tirer la conclusion: « Il est clair qu’ils sont conservateurs romains non célibataires« . Aussi,renchérit-il, « Il n’y aura jamais de Pape Noir sans prêtres célibataires! »

Ils attendaient la réaction de l’Africain qui était là(de passage,en vacances dans l’une des paroisses de France). Aux regards inquisiteurs,son humour n’a pas caché son agacement: « Cela ne peut pas être autrement,dit-il, si l’Esprit Saint a peur de la chaleur d’Afrique! »

Voilà l’exemple des affirmations qui témoignent de l’esprit d’ouverture dans notre Église! Sont-elles le fruit des préjugés séculaires ou plutôt le résultat des constructions de la société fracassée par ses propres lumières?

By Ngouma Atem Taleh,Cameroun

Marisi iri bugufi guhinduka ijuru

Barakataje kurwanira kuva kuri iyi si badapfuye bakajya kwiturira kuri Marisi.Batandatu ba mbere bamaze gutegurirwa utumodoka tuzabagezayo bidatinze.

Abakozi ba NASA bemeza ko aba baturage ba mbere bo kuri Marisi bazakuraho urwikekwe rw’indwara nka kanseri,kugugara kw’imitsi no kugabanuka k’ubwirinzi bw’umubiri w’umuntu uvuye ku isi.

Nibigenda neza uko babiteganya,ngo abifite bazatangira kujya gutura kuri Marisi muri 2030.N’inzu baziberamo zatangiye gutekerezwa uko zizaba zimeze ku buryo zizahangana n’ubukonje bw’ahongaho buri munsi ya -63°c.

N’ubwo nta cyizere ko bizagerwaho,abarenga ibihumbi 200 bariyandikishije bakomoka ku migabane yose.No mu binyejana byashize, ibihugu bimwe byakijijwe no gukoloneza ibindi byitwaga ko bitazwi.Nguko uko bigiye kugendera Marisi.

Mu myaka iri imbere,isi izasigara ituweho n’abakene,naho ibihangange bijye kurwanira ubukungu bwo kuri Marisi nko mu gihe cy’ubukoloni.

Abo bakene badafite ubundi bushobozi, ni bo bazahora bifuza iryo juru batajyanwayo n’urupfu.N’ubundi ubusumbane bwikomereze.

//pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js

(adsbygoogle = window.adsbygoogle || []).push({});

By P.B

Imana twumva ni Yo tubona?

Abakunda Imana ntibajya babura igihe cyo kuyumva.Abayumva bitewe n’uko bayikunda ntibafata inzira zindi nk’abatayumvise.Bamwe bayumva igihushuka bagakurizaho kuyizinukwa bakwiye kwibaza ngo Imana twumvise ni yo twabonye?

Hari abumvise Imana yo mu gitabo cy’Amategeko aba ari yo bashyira imbere(amategeko).Abandi bumvise Imana y’amahoro, bimika amahane ngo hatazagira ubahangara.Hari n’abumvise ko Imana itanga imbaraga,bayikabiriza bazirata maze bigira akadashoboka.

Bose icyo bibagiwe ni uko n’utarabona Imana yumvise itegeko ryayo.Iryo tegeko rihabwa agaciro n’ijambo,kandi ngo ijambo ryiza rivuye ku mutima,burya ngo ni Nyina w’Imana.

Buri wese niyibaza urwego agezemo ahindura itegeko ijambo rivuye mu kanwa ke,azumva neza uko byari bikwiye kugenda ku Ijambo ry’Imana. Tubizirikane mu isomo rya mbere ry’iki cyumweru:

Koko,iri Tegeko ngushyikirije uyu munsi ntabwo ari akadashoboka kuri wowe,nta n’ubwo riri kure aho udashyikira.Nta bwo riri kure ku ijuru,ngo ube wakwibaza uti « Ni nde uzatuzamukira ku ijuru ngo azaritumanurireyo,maze aritubwire, turikurikize? »

Nta n’ubwo riri hakurya y’inyanja,ngo ube wakwibaza uti « Ni nde uzatwambukira ngo arituzanire,maze aritubwire,kugira ngo turikurikize »?Koko rero iryo jambo rikuri bugufi cyane,riri mu kanwa kawe no mu mutima wawe,kugira ngo urikurikize.(Dt30,10-14)

Ushaka kuryoherwa bihagije n’iki cyumweru yakongeraho n’isomo rya kabiri(Col.1,15-20), hanyuma akikuza Ivanjili(Lc.10,25-37). N’abasa n’abaguye mu gico cy’abajura,babonere Imana mu babatabara n’ababitaho.

By P.B

Byarandenze:hashize igihe nifuza bizu

Uwo twashakanye ntakindeba.Ndamwegera akareba hirya.Tukiri bato twahuzaga urugwiro nkanezerwa.Nabibwirwaga n’ukuntu yampaga bizu(bisous)nkinjira mu nzu.Kubera ubwo bwuzu,ijoro ryabaga rigufi cyane.

Nyuma y’imyaka cumi n’ibiri tubana,ibintu byahindutse akayoberabagabo.Ngera mu rugo akarakara,nkagira ngo ni uko ntashye kare.Nagorobereza iyo, bikaba uko.Ubu ijoro risigaye rireshya n’inzira.

Byarandenze mba ndoga Macari!Koko ngere aho nifuza bizu kandi narashatse?Ninjya ahandi,bazavuga ko nataye urugo!Nindwana kubera agahinda,induru izavuga ngo dore umugabo wananiranye,maze bantaramireho mu Mugoroba w’ababyeyi!

Ndugarijwe pe!Mwebwe bakuru n’abo ingo zahiriye,nimungire inama z’uko nzabigenza.

Ni njye KAMALI J.Peter/Kicukiro

Wikwiruka nk’isaha:T’ai Chi Chih 5

Ubuzima bwabaye irushanwa;ibintu byose bisaba kwiruka.Biragoye ko utagishoboye kwiruka yagera kuri byinshi.Muri uko kwiruka,inararibonye ntizitinda kubihuhura:aho kugendera ku isaha,gendera ku mutima.

Nta byago nko kugenda nk’utagira umutima.Wufashe gukora no gutera nk’uyu mwitozo:

Erreur
Cette vidéo n’existe pas

Biracyaza…

By P.B

From Tanzania to Rwanda: the wind of wings

It is not less important to our country to learn from tanzanian experience.Anyway,it is clear that the will is to share this experience with other Africans.

In this way,Tanzania International Container Terminal(TICT)envisages extending wings to neibhouring Rwanda by opening the Kigali office on july, 2016.

In our opinion, we think it will not be only container transport but also manufacturing vehicle and machinery for agricultural development. Indeed, it is a thousand pities that we import always machineries made in China or in South Africa instead of producing ours own made in Rwanda.

If Tanzania is ready to win respect by his helicopters made in Tanzania, why this wind wouldn’t blow on Rwanda in order to show what kind of engineers we have?

Many will say that it is all wind!Unless they see a real transformation in exchange of technologies, they would be in the truth.

By P.B

Abanyarwandakazi bafite isoko ry’ikimero muri Uganda!

Nta kintu gisigaye kiryoshye nko gutwara abantu Kigali-Kampala.Ku wa kane nimugoroba imodoka zacu ziba zuzuye bene za nkumi n’abamalayika banyereraho bakagwa.

Abenshi ngo aba ari abakozi bagiye kongera ubushobozi mu masomo ya week-end atangirwa muri za Univerisite z’aho muri Uganda.Abandi na bo bakaba abanyeshuri bo muri za Kaminuza zo mu Rwanda ngo bagiye kwihugura mu Cyongeleza.

Kuri iyi week-end, Abagandekazi bakorera i Kampala na Malaba bari bakamejeje.Nk’abakozi bagize umwuga ikibero cyabo(sex workers ou travailleuses de sex),bo batanga imisoro yo guparika(workstation).Ariko ngo ntacyo byari bibatwaye kwishyura Leta ibihumbi 9 by’amashiringi ukinjiza arenze miliyoni imwe n’igice mu kwezi,amafaranga mwarimu ageraho bimugoye mu mwaka.

Ikibazo bafite ngo ni uko isoko baryambuwe n’Abanyarwandakazi badakorera ku mugaragaro bityo ntibatange n’iyo misoro.Kandi koko iyo ugeze hariya Kampala Centre cyangwa ahagana kuri Mengo Kisenyi,usanga indaya zirwanira abagabo,buri yose itanga igiciro(price) nk’uko mbere aha byari bimeze ku myenda ya caguwa muri Nyabugogo.

Abanyarwandakazi 1Biba akumiro iyo ari nk’umuzungu cyangwa Umusomali(ngo bo ntibatinya kwishyura amadorali 500 ku ituru!).Kubera iyo mpamvu,ku masaha amwe n’amwe y’umugoroba,abantu biyubashye bahanyura badakoza amaguru hasi.

Bene abo, ngo ni bo Abanyarwandakazi baboneye igisubizo mu rwego rwo kwihangira umurimo ukoranye isuku.Kubera ubuzima buhenze muri Kigali no muri za Kaminuza zo mu Rwanda, abagore n’abakobwa bajyayo baba bazi icyo gukora.Abagande na bo ngo bakunda Abanyarwandakazi kubera ikimero gishitura, n’ubunyamwuga bakorana uwo murimo mu mahoteli yiyubashye.

Natwe ku cyumweru turabibona mu mataha. Ibyishimo abagenzi bacu baba bafite byagukoresha accident. Si nko ku wa kane cyangwa ku wa gatandatu ubwo buri wese aba acecetse nk’umunyeshuri uri gutekereza ikizamini.Kuri uwo mugoroba, ibitwenge biba ari byose.N’ubwo baba bagarutse ku zuba n’amapfa byo mu rwa Gasabo,nibura baba batahanye utuzabarenza iminsi,bagategereza week-end itaha.

Muri iyi Mpeshyi n’ibiruhuko haziyongeraho n’utunyange two muri secondaire tuba tugiye kunoza Icyongeleza twitegura ibizamini bisoza umwaka.Birumvikana ko baboneraho gukora akazi k’ibiruhuko ngo bunganire ababyeyi.Natwe ariko bizadufasha kubona cash yo kwishyura vuba inguzanyo za banki.Burya ibintu ni magirirane.

By Dan Bagabe/Kigali

Hindura icyerekezo:T’ai Chi Chih 4

Ubuzima bujyana no guhindura icyerekezo.N’uwaryamye ntahindukire,ntaba akiri muzima.Niba ushaka guhora wemye, hindukira uhindure ibintu.Ni yo ntego y’uyu mwitozo.

Erreur
Cette vidéo n’existe pas

Gereranya n’uyibanziriza,wumve itandukaniro.

By B.P

Umukecuru w’imyaka 80 aracyaterura ibiremereye!

Nk’uko tubikesha « Guiness des Records« ,Umunyamerikakazi Wilma Conner aracyatangaza abantu.Ku myaka 80 aracyakomeye kuri siporo ye yo mu buto.Yavutse tariki 9 gicurasi 1935,ariko na n’ubu aracyakina imikino ngororamubiri yo guterura ibiremereye (bodybulding).

Mu mwaka wa 2011 mu kwezi kwa munani yabaye uwa mbere muri Shampiyona y’abagore yabereye Colorado(USA),kandi ngo ntateganya kubihagarika agihumeka.Ngo bituma ahorana akanyamuneza.Abatikoza siporo bitwaje ko bashaje,yababera urugero.

By P.B

Bomboli bomboli mu marembo y’amabuno imarira iki umubiri?

Hari abazi kurasa bataragombye kubyiga.Ni ya masasu atananirwa n’umusaza cyangwa umukecuru.N’utaramenya kuvuga asohoka ari urufaya.

Aho rero ,yaba umukungu cyangwa umutindi, bayarekura kimwe.Cyakora urusaku n’umuvuduko byo ntibingana kuko n’iminwa y’imbunda cyangwa ubushobozi bw’umuriro na byo birutana.

Hari abazi kuyarekura maze benijoro bagakwirwa imishwaro, naho inshuti n’abagenzi bakunama bucece bashaka amarembo n’amahungiro. Nuko nyir’ukurasa agasigarana umutekano iwe n’ubwo abandi baba babuze iyo bakwirwa.

Bomboli 1Nguko uko bigendekera umubiri, iyo mu marembo y’amabuno hatangiye bomboli.Abavuza induru ko binuka, ngo burya ni abatazi ko gusura (péter)ari nk’umuti.Uwo muturanyi aba ahumetse kandi yorohewe.

N’ubwo ahanini biterwa n’ubwoko bw’ibiribwa umuntu yariye,bene iyo myuka ngo ni ikimenyetso cyiza ku mikorere y’amara(intestins). Uwatamiye ibishyimbo,amashu cyangwa brocoli,ntibijya bimutungura.

Abayapani babizi kuva kera mu kinyejana cya 16.Ngo intambara z’imisuzi(bataille des pets puissants) zabafashaga gutsinda umwanzi wabinjiranye mu nzu no gutsintsura abanyamahanga bakabirukana ku butaka bwabo.Bomboli 2

Kuva icyo gihe,Abayapani bagira amarushanwa yo gusura(concours des pets) mu rwego rwo gusukura umubiri w’imbere no kuwongerera imbaraga.

Ibi byo ubushakashatsi bwa vuba aha buherutse kubigaragaza(Université d’Exeter) ko gusura ari ugusohora gaz yitwa sulfure d’hydrogène ku buryo umubiri usigarana iyo ukeneye mu kurwanya indwara nk’iz’umutima(crise cardiaque),kanseri y’amara, kurabirana(AVC), n’izindi.Birumvikana ko mu gihe iyo gaz ibuze mu mubiri,izo ndwara ziwigabiza.

Abahora bigengesereye kubera ikinyabupfura gikabije,bararye bari menge!Ahubwo bakwitabaza twa twenda tw’imbere tutababuza guhumeka nta n’impagarara bateye.

Inkuru:L’odeur des pets serait bonne pour la santé

By P.B

Lundiose ntizagaruka:T’ai Chi Chih 3

Niba ushaka kurwanya lundiose,uyu mwitozo wabigufashamo:humeka nk’uko ugenda,genda uhumeka(inspiration-expiration);nujya no hejuru cyane,wibuke kugarura ibirenge ku butaka(pieds sur terre,contact avec la nature).

Erreur
Cette vidéo n’existe pas

Biracyaza…

By P.B

Ruhura umubiri wawe ku buryo bworoshye: T’ai Chi Chih 1

Waba uri iwawe mu cyumba cyangwa ugendagenda muri nature,iyi myitozo ntawe itagirira akamaro.Gerageza urebe!

Erreur
Cette vidéo n’existe pas

Uyu mugabo arashaka kubyara akuzuza isi!

Ntibisanzwe.Abana 35 basa n’abatamuhagije.Ngo arashaka kugeza ku ijana.Ni nko gushyira mu bikorwa wenyine icyo Ijambo ry’Imana rivuga: « Mubyare,mwororoke,mukwire isi »(Intg.2,28).

Uwo muganga w’imyaka 46 asanganywe abagore batatu.Avuga ko babanye neza kandi ko abitaho ntawe asumbanije n’undi.Mu rwego rwo kugera ku ntego ye,arashaka kuzana umugore wa kane.

Itegeko ryo muri Pakistani rirabimwemerera kandi na Korowani ntibibuza.Icyo bisaba ni uko batatu bandi batabihakana kandi uwo mugabo na we akaba abifitiye ubushobozi buhagije;inama y’abasheshakanguhe na yo igatanga gihamya ko abishoboye.

Sardan Jan Mohammad Khilji n’ubwo atuye mu ntara ikennye cyane,we nta kibazo cy’ubushobozi afite. Amafaranga asohora mu gutunga urubyaro rwe mu kwezi(1000€= ibihumbi magana 800frw) yikubye incuro icumi umushahara w’umuturage usanzwe.

Iyo ntara ya Baloutchistan atuyemo iri mu zugarijwe  n’ubukene.Ahafite ivuriro n’ishuri.Ngo Leta nitanamufasha muri uwo mugambi we,Imana izabikora!Ngo abana be abona akanya ko gukina na bo ku buryo ntawe ashobora kuyoberwa izina.Abana benshi 1

Ikindi ngo ni uko abagore batatu ba mbere yabashakiwe n’umuryango.Ugiye gukurikiraho we ngo azamwikurira kuri Facebook!Ikibazo twibaza ni iki:Ese ko ku bagore batatu afite abana 35, azuzuza 100 ageze ku bagore bangahe?

Icyakora na none,ubwo bushake bwo kugira abana benshi no kubitaho , bukwiye no kubera urugero ba bandi bananiwe n’ababo bagerwa ku ntoki, bamwe bakaba barakwiriye imihanda nk’abatagira kirera!

We yemeza ko abikesha gusenga(gatanu ku munsi),gusoma Ijambo ry’Imana no kurya ibimurinda gusesagura(imbuto mbisi cyangwa zumye,amata n’imboga).Birumvikana ko adakozwa iby’inzoga n’itabi.Abagore se bo babiterwa n’iki kwemera kugirwa nk’utumashini two gukora abana(machines à produire des enfants)?

Inkuru yose:Déjà père de 35 enfants,il en veut 100

By P.B

Corneille,un Rwandais dont la musique fait des merveilles au Canada?

Depuis 2004,Corneille est naturalisé canadien.Sa musique qui garde des rythmes du Pays des Mille Collines,fait des merveilles au Canada.Comment le serait-il autrement quand il chante La garde du roi Lion?

Quant à son humeur et son sourire,il les doit sans doute à sa maman.D’où ces mots au ton lyric et splendide:

« Reposez en paix
Vos amis du nord m’ont soigné
Tout va bien,j’ai manqué de rien
Vraiment je vais bien
Tu peux dormir en paix maman..
Tout seul les pieds sur terre
Je tiens ça de toi,maman.. »

Corneille 1

Source:Corneille et son oeuvre
By P.B