La paroisse de Mwezi(Diocèse Cyangugu)était mobilisée pour célébrer les 35 ans du sacerdoce de son premier prêtre à y être ordonné: Ubaldd RUGIRANGONGA
C’était la double fête: jubilé de 75 ans de la fondation de la paroisse de Mwezi et 35 ans d’ordination du Père Ubald, premier prêtre rwandais de cette paroisse.
Pour être bien dans son corps,l’homme a besoin de se détendre,de prendre ce temps du lâcher-prise.Comme s’il n’avait rien à faire…Saisissez de l’occasion pour sentir votre être dans votre corps.Sentez si ce corps est vraiment propre!
Abo umwaka wa 2016 wahiriye, nguyu n’undi uraje ngo bibuke aho byabirahure babiteretse maze bafate akanya ko gushima.
Erreur
Cette vidéo n’existe pas
Naho abo uwo mwaka utagendekeye uko babyifuzaga,muri uyu wa 2017 ibihu ntibizababuze guhaguruka no kwegera abandi ngo badaheranwa n’agahinda.
Erreur
Cette vidéo n’existe pas
Abo bandi kandi na bo bakeneye umugisha urenze uw’umubano mu bantu ngo utazamungwa na rwa runturuntu.Ni yo ntego y’Ijambo ry’Imana ry’uyu munsi(Isomo rya mbere)cyane ko noneho umwaka usanzwe wahuriranye n’uwa Liturikiya(année civile coïncide avec année liturgique): « Uhoraho abwira Musa,ati »Dore ibyo uzabwira Aroni n’abahungu be:Abayisiraheli muzajya mubaha umugisha muti:’Uhoraho aguhe umugisha kandi akurinde!Uhoraho akurebane impuhwe kandi agusakazemo inema ze!Uhoraho akwiteho,kandi aguhe amahoro!’ (Ibarura 6,22-26)
Erreur
Cette vidéo n’existe pas
Muri urwo rwego,Kubahonet ibifurije, mwese basomyi bayo, umwaka w’ituze n’amahoro. Kubahonet wishes you a Happy new year and peace for all yours. Kubahonet vous souhaite une année merveilleuse et paix pour les vôtres.
Mwese muzagire amata ku ruhimbi Muzaturwe ingata ibihumbi. Mwese BONNE ANNEE,muri wa mudiho w’Impala zo hambere!
On this Black friday,is better to see the place of race in the economic life of the country like USA.Why the Whites talk about black deals? For understanding well,see this video:
Ni mu Karere ka Rusizi.Ni ho umusore Ngirinshuti Jonas yagiriye inzozi zigiye kuba ukuri:umukino udasanzwe witwa Boneza Ball.
N’ubwo ari imvange y’indi mikino,ntibiwubujije kuba umwihariko.Kugira ngo umwimerere wa Boneza ball ugaragare kandi wumvikane neza,ni ngombwa gushyigikirwa n’inzego zibishinzwe.
Twifurije uyu musore kudacika intege,ahubwo agahata inzira ibirenge mu bigo binyuranye by’amashuri ku buryo hategurwa amarushanwa mu Mirenge no mu tundi Turere nk’uko biherutse gutegurwa tariki ya 21 Nzeri.Akari cyera azahabwa umudari urenze uw’abihangira imirimo.
N’ubwo bitoroshye bwose,uyu mukino ntuzatinda kumenyekana ukwirakwijwe n’abawukunda.Ariko bizaba akarusho niba bamwe bashyigikira za Manchester na za FC Balcelone cyangwa za Arsenal kuko ari iz’i Burayi,bazageraho bakamuha amahirwe nibura yo kugera i Kigali.
Kandi birashoboka.Ndareba ngasanga igitekerezo cye kiri mu murongo mwiza ujyanye na gahunda ya Made in Rwanda.Twizere ko za radiyo na televiziyo zitazamutererana.Niba zitaramutera imboni,izuba ntirirarenga.Hari ubwo abafite ubushobozi bagira impungenge zo gushyigikira ikipe isa n’ikiri mu mishinga.Izi nzozi zo kuwugeza kure Jonas azazikabya?
Ubuzima bwabaye irushanwa;ibintu byose bisaba kwiruka.Biragoye ko utagishoboye kwiruka yagera kuri byinshi.Muri uko kwiruka,inararibonye ntizitinda kubihuhura:aho kugendera ku isaha,gendera ku mutima.
Nta byago nko kugenda nk’utagira umutima.Wufashe gukora no gutera nk’uyu mwitozo:
Niba ushaka kurwanya lundiose,uyu mwitozo wabigufashamo:humeka nk’uko ugenda,genda uhumeka(inspiration-expiration);nujya no hejuru cyane,wibuke kugarura ibirenge ku butaka(pieds sur terre,contact avec la nature).