Amavubi yadwingaguye Inzovu

Ukurikije uko umupira w’amaguru ukundwa kandi ugahuza abantu bose babukereye, byari bikwiye ko za Leta ziwushyigikira zimazeyo maze na za mpano zihishe kure mu biturage zikigaragaza.

Bari buzuye

Mu mukino wa mbere wo gutangiza amarushanwa ya CHAN(y’abakinira imbere mu gihugu), u Rwanda(rwakiriye aya marushanwa)rwahuye na Cote d’Ivoire. Abantu muri Stade Amahoro bari nk’inzukira kuri iyi sabato(16/01/2016)na vuvuzela rugeretse.

Ntibyatinze, Amavubi adwingagura Inzovu, n’ubwo umutonzi wazo watumye uburyaryate butikuba kabiri. Umupira warangiye ari 1 kuri 0. Amavubi atashoboye kwinjiza penaliti ngo agire ibitego 2, azikura imbere ya Maroc?

RDC i Huye

Hagati aho, kuri iki cyumweru, Abazayirwa bihanije Etiyopia yaguhweho n’imvura y’ibitego nk’abari bibagiwe umutaka:3-0. Kubera iyo mpamvu, Stade Huye ya Butare yaranzwe n’akaruru k’ ibyishimo mu Lingala n’Igiswayili. Abanyarwanda bari batuje nk’abitegerezaga umukeba.

Abafana babukereye

Ukurikije uko umupira w’amaguru ukundwa kandi ugahuza abantu bose babukereye, byari bikwiye ko za Leta ziwushyigikira zimazeyo maze na za mpano zihishe kure mu biturage zikigaragaza.

Nibidukundira tuzabagezaho n’indi mikino.

Kamayirese Sandrine, Kigali

Gusangiza abandi ibyo ukora ntibyaba ari ukwigaragaza?

Hari ubwo ibyo abandi bakora tubibonamo uburyo bwo kwiyemera no kwigaragaza. Aho kubashyigikira tukabibasira.

Ibyo ni zero

Ntibyoroshye gutandukanya kwiyoroshya no kwirinda kwigaragaza. Umuco Nyarwanda ubigiramo uruhare. Hari ubwo ibyo abandi bakora tubibonamo uburyo bwo kwiyemera no kwigaragaza. Aho kubashyigikira tukabibasira. Ngo turakuzi. Abandi ngo ndagushinyitse…N’ibi ariko ntacyo bitwaye, iyaba bitaterwaga n’ishyari ritindi rituma uhindura zero ibyo abandi bakora.

Amasomo matagatifu yo kuri iki cyumweru, aradufasha kubona inzira ikwiye. Mu Ivanjili(Yoh 2,-11)hari ikintu Yezu yakoreye i Kana nuko abigishwa be baramwemera. Ibi bituma twibaza iki kibazo:gusangiza abandi ibyo ukora cyangwa uteganya gukora, si ukwigaragaza ndetse no kwiyemera?

Ku buryo bwumvikana, igisubizo twagisanga mu isomo rya kabiri(1Kor12,4-11):
« Bavandimwe, ingabire ziranyuranye, ariko Roho ni umwe; muri Kiliziya, kwitangira abandi biri kwinshi, ariko Nyagasani ni umwe; uburyo bwo gukora buri kwinshi, ariko Imana ni yo itunganya byose muri bose. Koko rero buri wese ahabwa kugaragaza ibyo Roho w’Imana amukoreramo, ngo bigirire akamaro bose.

Ku bwa Roho, umwe ahabwa kuvuga amagambo yuje ubushishozi, undi agahabwa kuvugana ubumenyi, muri uwo Roho nyine;umwe ahabwa ukwemera guhebuje abikesha uwo Roho, undi agahabwa ingabire yo gukiza abrwayi, na none muri uwo Roho nyine; umwe yegurirwa ububasha bwo gukora ibitangaza, undi akagabirwa guhanura; umwe ahabwa kurobanura ibiturutse ku Mana n’ibiyitambamiye, undi agahabwa kuvuga mu ndimi nyinshi, hakaba n’uhabwa kuzisobanura. Ariko ibyo byose bikorwa na Roho umwe rukumbi, ugabira buri wese uko abyishakiye »
Nimwishime munezerwe, abo Roho afasha kudapfukirana ingabire zagirira bose akamaro. Bityo ababishoboye dufatanye na Kizito Mihigo tuvuge ngo « wa Numa we ngwino »
https://www.youtube.com/watch?v=SU976kgqXpI&list=PLNqC62rD_RCZAMHzx5uNG2rEulF6OsBp3

P.B

LA MAISON DU NUMERIQUE D’AGOE LOGOPE au TOGO

[Ce texte nous est envoyé par MAREM Togo-France, Association à but non lucratif engagée dans la réinsertion des jeunes de la rue à travers deux centres de prise en charge au Togo. Le contenu et la démarche sont la responsabilité de l’auteur]

Maison du Numérique (MDN) a pour objectif principal de faciliter aux jeunes d’Agoè Logopé un accès à Internet,aux outils numériques, informatiques, et de promouvoir leur utilisation dans les domaines scolaire et associatif. Cet espace donnera aux jeunes étudiants du quartier la possibilité de s’initier au e-learning. https://www.youtube.com/watch?v=NgJ0ZQXlms4

Dès l’ouverture officielle de la MDN, l’équipe projet réalisera plusieurs séances de sensibilisation dans les écoles bénéficiaires, afin de faire découvrir, aux jeunes et aux enseignants, les atouts que représente la maîtrise de ces nouvelles technologies de l’information et de la communication (et les avantages de l’e-learning).

L’initiation et la formation des bénéficiaires aux outils informatiques est ainsi une des principales activités de notre projet (recherche sur Internet, réseaux sociaux, animation de blogs).

En outre, la MDN sera un espace dédié au renforcement des capacités des associations locales en communication numérique pour les aider à utiliser les outils les plus innovants permettant plus de visibilité de leurs actions et mobilisant plus de ressources (crowdfunding).

L’exécution et la gestion de ce projet sont confiées à notre équipe locale. Quant à sa pérennisation, elle est assurée par les frais d’abonnement à coût abordable pour tous, demandés aux usagers de la MDN.
ORIGINE DU PROJET

Depuis quelques années, est née l’idée d’un projet qui résoudrait les difficultés d’accès à Internet et aux services informatiques dans la zone où est implanté le siège social et administratif de l’association MAREM Togo et MAREM France.

Le but des responsables de cette association est de garantir une meilleure mise en œuvre de ses actions réalisées en faveur des jeunes, et de faire en sorte qu’elles répondent à un besoin social de toute la communauté, des établissements scolaires environnants et des jeunes pris en charge par MAREM Togo.

Ces responsables se sont rencontrés à Lomé en 2012 pour réfléchir sur les principaux projets d’avenir de l’organisation. Deux projets étaient sur la table : celui de création d’un centre agropastoral et celui d’une maison du numérique (accès à internet, traitement de texte, impressions, reprographie).

La situation préoccupante des enfants en matière d’éducation nous a conduits à opter pour le deuxième dont il faudra trouver des financements.
A quoi servira l’argent collecté ?
Maison du numérique 1La mobilisation en France autour de ce projet nous a déjà permis de rassembler une partie du budget total: 66 995 € (12000 € PRAOSIM/Ministère des Affaires Etrangères; 1500 € Mairie de Gentilly, MAREM France fera un apport de 9 000 €). Pour donner une vraie chance à ce projet de voir le jour en 2016 et couronner de succès nos efforts, nous avons encore besoin de vous.

Nous espérons collecter 1 500 € supplémentaires, ce qui sera un pas de plus vers la réalisation de notre projet. Le reste du budget sera couvert par des subventions publiques et privées.

Si vous voulez FAIRE UN DON EN LIGNE
https://www.helloasso.com/associations/marem-france/collectes/la-maison-numerique-d-agoe-2 . Notre collecte s’achèvera le 15 février 2016 sur cette plateforme sécurisée mais les gestes de solidarité continueront.
Pour plus d’informations sur MAREM France-Togo, vous pouvez consulter
http://www.maremvision.org
http://www.facebook.com/AssociationMarem
https://youtu.be/Kw0n1TTTsaQ

ou nous contacter par mail: infos@maremvision.org
par téléphone : 06 37 76 51 67
Merci pour votre générosité.

By Moisio A. Koffi KOUMONDJI

Ntibazi niba umwaka uzashira bahaguruka cyangwa bagenda

Kwa Yezu Nyirimpuhwe

Hari abo inyandiko  » Quelle vie avec un handicap » yakoze ku mutima, bandikira uru rubuga. Bamwe ni ababa muri ubwo buzima, abandi bafite ababo butoroheye. Ubuhamya bwabo tuzagenda tububagezaho gahoro gahoro.

Reka duhere kuri ubu bwaturutse mu Ruhango. Umusomyi w’uru rubuga ubutugezaho yahuriye na ba nyir’ubwite mu isengesho ryo kwa Yezu Nyirimpuhwe.Yarabaganirije, asanga gusenga gusa bidahagije, yiyemeza kubabera intumwa. Tumutege amatwi kandi tubishyire ku muzirikanyi.

Abantu bari bakubise buzuye mu isengesho ryo gusabira abarwayi. Ubusanzwe riba buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi kuri paruwasi gatolika ya Ruhango. Uku kwezi byari agatangaza kuko cyari icyumweru cya mbere cy’umwaka wa 2016, ukaba n’umunsi mukuru w’Ukwigaragaza kwa Nyagasani.

Jamila

Igihe cyo gusingiza no gusaba cyarageze, aho buri wese atanga icyifuzo. Mu gihe abandi babaga bazamuye amaboko bavuga cyane, Jamila Kubwayo yasengaga atuje, ahagaze adashinga n’ubwo yari afite imbago imwe.

Ni umukobwa mukuru rwose. Ubumuga bwaje afite imyaka 18. Yafashwe n’imbasa ahinamirana amaguru yombi mpaka bamutije ibyuma; yabihawe n’abagiraneza b’Abataliyani bamusanze mu bitaro amazemo umwaka n’amezi 9.

Kwiga byaradindiye, arangiza ayisumbuye abo batangiranye bamaze imyaka 7 bakora. Nanone, imyaka 2 ishira yicaye mu rugo, yarabuze akazi. Yaje kubona ikiraka ku mubosi wikorera ku giti cye. Hashize imyaka 3 avunika ava ku kazi, atakaza urukweto(rw’ibyuma) rw’ibumoso. Mu gihe yari kwa muganga, shebuja aramusezerera. None amaze umwaka n’amezi 6 atazi icyerekezo.

Nyuma y’isengesho namusuye aho ataha. Nasanze hagendeka nabi rwose. Yarakwiye akagare gakomeye. Numvise yizera Imana cyane, namukomeje agatima, nti « Nyagasani ntasubiriza rimwe, ariko arasubiza ».

Dominata

Ku rundi ruhande rwo hakurya, hari umwana wiyambariye Juru, ya uniforme y’abiga primaire. Udukayi yari yaturambitse hasi, ashyira imbago hejuru, na we arasenga. Naje kumwegera ambwira ko yitwa Dominata Murekatete.Ngo yasabaga Imana ko yamuha amaguru agororotse nk’ay’abandi, kuko ku ishuri bahora bamuseka.

Yari yaherekejwe na nyirakuru babana. Mubajije iby’imibereho yabo, yarasetse cyane ngo bitungiwe n’amasengesho. Ngo waba wabuze ibyo urya, ukajya kugura ibyuma n’amakayi!?Ngo Domina, Imana izamwimenyera!Abivuga aseka kandi ababaye. Nabonye ntacyo nabamarira, mbabaza niba bitababangamira ko amafoto yabo agera kure. Bati « Wabona Imana idusubirije muri abo bari kure ». Ni yo mpamvu mbandikiye ngo mutugereze ubu butumwa ku bandi basomyi. Murakoze.

Yari Sekabuke Asman, Kigali

Uwumva ubu butumwa haricyo ashoboye kubukoraho, yatwandikira kuri kubahonet@gmail.com tukamuhuza n’umwe muri bo(yihitiyemo) cyangwa bombi. Natwe tuzakurikiza iyi nama ya Pawulo Mutagatifu:« Utangana umutima mwiza ntagayirwa icyo adafite, ashimirwa icyo yatanze.« (2 Kor.8,12)

P.B

Abajura ntibakigira isoni zo guterura n’inkono!

KwibwaKubera inzara ikabije, ubujura buraca ibintu mu turere twose tw’u Rwanda.Yaba inka, amagare n’amabanki, ntacyo Bene Ngango bagarukiraho. Muri Kigali ho ntibatinya no kwandurukana inzugi ngo bibonere cash. Bamwe babimenya bucyeye, umuyaga wabakubitaga bakagira ngo ni imbeho yabaye nyinshi. Bizagarukira he?

P.B

France and UK are rich because of wealth stolen?

IF you get involved in online debates about economic history, it won’t be long before someone tells you that the West is rich because it stole the resources of the regions it colonised. This stolen-wealth theory is cited as the reason the U.K. and France are rich today, while Ethiopia and Burundi are poor.

It also is sometimes used to argue that global capitalism is inherently unjust and that wealth must be radically redistributed between nations as compensation. The problem is, the stolen-wealth theory is wrong.

colonisés

Oh, it’s absolutely true that colonial powers stole natural resources from the lands they conquered. No one disputes that. And at the time, this definitely made the colonised regions a lot poorer.

The U.K., for example, caused repeated famines in India by raising taxes on farmers and by encouraging the cultivation of cash crops instead of subsistence crops. That is a pretty stark example of destructive resource extraction. It’s also probably true that this stolen wealth helped much of the West get rich.

Limits of stolen-wealth theory

Of course, Western countries didn’t simply consume the resources they plundered—the global economy isn’t just a lump of wealth that gets divided up, but rather relies on the productive efforts of individuals, companies and governments.

The U.K., for example, was able to industrialise not by consuming spices confiscated from India, but because its citizens invented power looms and steam engines and other technologies, and because its people worked very hard at factories and plants that used those technologies.

But steam engines and power looms and other industrial machinery required raw materials like coal and rubber as inputs. When those materials became less expensive, it became cheaper to substitute machines for human labour. That means that some of the resources stolen from colonies probably did give Britain and France part of the boost they needed to jump-start the industrialisation that eventually made them wealthy.

colonisateur

‘The U.K. and France would have gotten rich without plundering Africa, India and Southeast Asia. All of that violence and conquest was probably for nothing’

So if the West did steal resources from colonised nations, and if this theft did help them get rich, why do I say that the stolen-wealth theory is wrong? I say that because the theory doesn’t explain the global distribution of income today.It is no longer a significant reason why rich countries are rich and poor countries are poor.

The easiest way to see this is to observe all the rich countries that never had the chance to plunder colonies. Germany, Italy, Sweden, Denmark and Japan had colonial empires for only the very briefest of moments, and their greatest eras of development came before and after those colonial episodes. Switzerland, Finland, and Austria never had colonies. And South Korea, Taiwan, Singapore and Hong Kong were themselves colonies of other powers. Yet today they are very rich. They did it not by theft, but by working hard, being creative, and having good institutions.

The resource curse

Meanwhile, poor countries have long since taken control of their natural resources. State-controlled oil companies in countries such as Saudi Arabia, Venezuela, Iran and Russia own far more of the world’s oil than do giant Western corporations like Exxon or BP.

African countries control their own mines, and Latin American countries their own crop land. The era of resource theft by rich countries is over and done. Yet still, somehow, these countries are not very rich. Only a small handful of tiny nations whose economies are based on natural resources—Brunei, Kuwait and Qatar among others—are actually rich. Most are poor, despite controlling all of their own wealth. This sad fact is known as the resource curse.

So it’s unlikely that resource-rich countries would have become industrialised but for the depredations of colonialism. And it seems quite possible that colonial nations such as France and the U.K. would have gotten rich without their resource plunder, as did Germany, South Korea, Switzerland and Taiwan.

Deadly colonialism

Colon

Does that mean colonialism was a benign institution? Definitely not. At a bare minimum, the tens of millions killed by colonial conquests and famines leave an indelible stain on the West. And while colonialism had benefits in some places, in many others it left a nasty legacy that is felt to this day. Many economic studies show that regions where colonizers focused on extracting resources were later cursed with pernicious political institutions. Those regions, even today, exhibit poor economic performance.

So colonialising nations did steal resources, and it did hurt colonies by doing it. But the real tragedy is how unnecessary that all was. The U.K. and France would have gotten rich without plundering Africa, India and Southeast Asia. All of that violence and conquest was probably for nothing.

Source:Noah Smith, former-african-colonies-arent-poor-and-france-uk-rich-because-of-wealth-theft

Epiphania yasuye Emmanuel kwa Noheli

blinkie_022

Ku itariki idakuka,Abagatolika n’abandi batari bake bizihiza isabukuru y’ivuka rya Yezu kuri Noheli.Uwo munsi mukuru ukabahuza ukabahuruza. Naho abakristu b’aho izuba rirasira (Orthodoxes)bo bizihiza Noheli kuri uyu munsi Imana yemanga abami n’ibikomangoma bagakenyerera kujya kuyiramya.

Abongabo bagenda babukereye nk’umwari ugiye gusura umusore akunda. N’iyo atazi neza umujyi, ntiyibagirwa number y’umukunzi. Ngiyo inyenyeri ibayobora mpaka bagezeyo. Ibyishimo byabo si nk’iby’abami(nka ba Herodi), ni nk’iby’uwo mwari babanza kuzengurutsa inzu yose n’ibiyitatse agashyitsa umutima mu nda.

N’iyo agiye gutaha afata indi nzira ngo atarangazwa n’abagenzura. Nguwo Epiphania(Ukwigaragaza-kwa-Nyagasani)wasuye Emmanuel(Imana-turi-kumwe)ngo bagaragarizanye uko Imana yabagiriye ubuntu. Umusore abirebye, umutima wose usabagizwa n’ibyishimo umujyi wose ukwiye kumenya. Tubizirikane mu isomo rya mbere ryo kuri iki cyumweru(Is 60,1-6).[Uwabishobora yakomereza ku Ivanjili(Mt2,1-12)]

« Haguruka ubengerane Yeruzalemu!
Kuko urumuri rwawe ari nguru,kandi ikuzo ry’Uhoraho rikaba rikurasiyeho.Nyamara dore umwijima utwikiriye isi,n’icuraburindi ribundikiye amahanga,ariko wowe,Uhoraho azakurasiraho,n’ikuzo rye rikubengeraneho.Amahanga azagana urumuri rwawe,abami basange umucyo ukurasiyeho.

Kebuka impande zose, maze witegereze:dore bose barakoranye, baje bakugana, abahungu bawe baturutse iyo bigwa, n’abakobwa bawe baje bahagatiwe. Nuko uzabirebe maze unezerwe, umutima wawe wisimbize, utaratswe n’ibyishimo, kuko ari wowe bazazanira ubukire bwo hakurya y’inyanja, n’umutungo w’amahanga ukazataha iwawe. Amashyo y’ingamiya azakuzuranaho, ingamiya zikiri nto z’i Madiyani n’i Eyifa; abantu bose b’i Saba bazaza, bikoreye zahabu n’ububani, kandi baze baririmba ibisingizo by’Uhoraho ».

blinkie_050

Twibuke ko kwa Noheli ibyishimo bikomeza kugera ku cyumweru gitaha(Batisimu ya Nyagasani).

Bonne fête encore

P.B

Today, happy day

Tubyine

Today,Happy Day
The New Year,Happy Day.

To fathers,Happy Day
The New Year,Happy Day
To mums,Happy Day
The New Year,Happy Day.

Children,Happy Day
The New Year,Happy Day
To neighbours,Happy Day
The New year,Happy Day.

uburumbuke

We wish you Umwaka Mwiza
We wish you Umunsi Mwiza
To all,Happy Day
.
 

Africaines

Que cette Année soit pour vous
Pleine d’espérance et de paix
For Happy Day.

P.B

L’homme et la femme: la galère!

Famille

A la fête de la Sainte Famille
On questionne sa santé
Et la solidité de ses membres.
La réponse vient des supérieurs
Que sont le père et la mère
Dont les velléités ne font pas d’ombre.

Quels soucis ne les ont-ils pas tentés
Pour sortir de la galère?
Dans le bain de la foi
L’enfant était roi.
En toute confiance
Il menait la danse.

Mais maintenant
Ses questions qui les dépassent
Captent tous les regards.
On s’apercevra un peu tard
De la force de son intuition:
Il avait senti le vent de la dislocation.
C’est étonnant.
Inhabituelle est leur situation.

Pour le meilleur et pour le pire
C’est la faiblesse du serment
Bon pour le mois de miel.
Dans le malheur et dans la misère
On n’ose plus se le dire;
On accuse le ciel
Dans son jeu de calmant.
Pourquoi?

Quand on croyait encore
Que l’homme et la femme
Sont une créature divine
Leur relation se fondait
Sur ce que l’autre ignore.
Tous étaient dans la même aventure
Pour une vie sublime
Que le hasard fécondait.

On se liait par des alliances
Ancestrales ou familiales
Et on se mariait
Pour la descendance
Nombreuse ou heureuse.
Si deux ne faisaient qu’un
Leur unité était leur atout
Mais le tout n’a donné que la toux.

Cette croyance venant à sa fin
Chacun s’est fait ses dessins
Et à dessein prit sa route.
Les liens se sont déliés.
Comme une pirogue loin des rives,
C’est la navette en dérive.

La vie de couple s’arrête là.
On conjugue les temps composés.
Le présent s’évapore.
Il est à refaire.
Chacun prend sa randonnée
De l’idée qu’il faut abandonner:
Être père et mère
Et garder même demeure..

Extrait du livre :Face au monde des sans

Prière pour la sainteté de nos familles réciproques.

P.B

C’est Noël, réveille-toi

IMG_20151224_174151

C’est Noël,réveille-toi
Toi qui as fait de Noël
La fête de la consommation
En ne suivant que la tradition
Aux antipodes de l’Emmanuel.

C’est Noël réveille-toi
Toi qui brûlas d’envie
De recevoir tant de cadeaux
Alors que tu n’as pas d’amis
Qui allègent ton fardeau

Nul besoin d’être un fantassin
Chante avec Claude TASSIN:
R/ C’est Noël réveille-toi
Entre dans la fête!
C’est Noël réveille-toi,
Dieu s’en vient chez toi.

Toi l’infirme sur ton lit
Entre dans la fête
Aujourd’hui tu vas danser
Dieu s’en vient chez toi!

Toi qui es resté muet
Entre dans la fête
Chante-nous le chant nouveau
Dieu s’en vient chez toi!

Toi qui marches tout courbé
Entre dans la fête
La jeunesse t’est rendue
Dieu s’en vient chez toi!

Joyeux Noël à tous,
Joie et paix sur la terre
Et dans nos cœurs

P.B

C’est bientôt Noël

Ce n’est pas la sauvegarde du patrimoine qui importe. C’est un trésor à entretenir….

IMG_20151217_121425

Les crèches, bien décorées,sont dans toutes les églises. Dans certains endroits, elles sont vivantes. Elles ne sont pas absentes dans quelques lieux publics et dans les maisons familiales.

Là où la fête de Noël est plus laïque que chrétienne, les crèches sont nombreuses tant dans les bâtiments publics que commerciaux. Leur présence alimente les polémiques et renforce le retour à la source.

Ce n’est pas la sauvegarde du patrimoine qui importe. C’est un trésor à entretenir. Les marchés de Noël sont montés. La beauté des sapins se concurrence par l’attrait des prix. Les offres de cadeaux sont légion. Les « Rebelles de Noël »se poseront cette question: « Noël, fête de la consommation? »Où sera la place de la foi en tout cela?

Crèche municipale

Par ailleurs, cette tradition millénaire a fait naître les crèches municipales et communales. Les rois et les mages adoraient l’Enfant Jésus dans le mangeoire. Les communes et les villes(autorités locales)ont créé des crèches ou garderies pour les enfants du terroir.

L’entant Jésus était entouré et on lui apportait des offrandes de tout genre. Ces crèches ont des financements et les besoins des enfants sont satisfaits ou atténués. Le Christ inspire ainsi la volonté politique.

Iri Jambo ry’Imana ryo kuri iki cyumweru ryadufasha kubyumva:Heb.10,5-10
« Igihe Kristu aje ku isi yaravuze ati « Ntiwanyuzwe n’ibitambo n’amaturo, ahubwo wampangiye umubiri. Ntiwanyuzwe n’ibitambo bitwikwa bihongerera ibyaha; nuko ndavuga nti’Dore ndaje, kuko ari njye uvugwa mu muzingo w’igitabo, ngo nkore ugushaka kwawe, Dawe’Umva ko abanje kuvuga ati »Ntiwanyuzwe cyangwa ngo ushimishwe n’amaturo n’ibitambo bitwikwa », bihongerera ibyaha, nyamara biturwa uko biteganywa n’Amategeko! Hanyuma akongeraho ati »Dore ndaje ngo nkore ugushaka kwawe ». Ni uko yakuyeho uburyo bwa mbere bwo gutura, ashinga ubwa kabiri.Ni ku bw’uko gushaka kandi twatagatifujwe n’ituro ry’umubiri wa Kristu ryabaye rimwe rizima »

Iminsi mikuru myiza kuri mwese, aho Amategeko n’uburyo bushya bifasha abana kugira umubiri muzima.

P.B

Koko se Kigali ntizongera kubura amazi?

Kimwe n’indi mijyi yose yo mu bihugu bikennye, imigezi iratemba igatwara amazu, imvura yaza igahitana abantu n’ibintu ntihafatwe ibyemezo byo gukumira umwanzi no guhana bihanukiriye uwo munyamakosa.

Amazi1Igihe kiragera abatuye Kigali bagakubitika. Izuba rirarasa bigasa n’aho isi yahindutse Sahara. Ubwo abasore b’inkorokoro bakaronkera amaronko mu gutunda ibijerekani by’amazi, igiciro kikubye kabiri.

Kera kabaye imvura yagwa, umujyi wose ugasa n’uwubatse munsi y’inyanja, nk’uko ibihugu bimwe na bimwe nk’Ubuholandi(Pays-Bas)bimeze. Nyamara aba bo ayo mazi yababereye igisubizo.

Kimwe n’indi mijyi yose yo mu bihugu bikennye, imigezi iratemba igatwara amazu, imvura yaza igahitana abantu n’ibintu ntihafatwe ibyemezo byo gukumira umwanzi no guhana bihanukiriye uwo munyamakosa.

Abo bigiraho ingaruka,ni bo basubira inyuma bakabiryozwa.Ahubwo burya baba bakwiye gushumbushwa mu bufatanye(réparation ou indemnisation par solidarité)mu gihe bataragera ku bwishingizi.

Ku bijyanye n’ibura ry’amazi, birakwiye kwibaza niba bitari nka bwa bwenge bw’abavunjayi bacunga uko isoko ry’amadevize riteye bakayabika kugira ngo buke bazamura ibiciro.

Igiteye agahinda, ni abaturage batanga amafranga yitwa ay’amazi buri kwezi,nyamara ntibabarirwe igihe gishira batayabonye n’igihe batakaza bategereje. Ngo hari n’abasiga robine yarumye, bagakora urugendo rw’isaha bagiye gushaka amazi ikantarange. Rimwe na rimwe bakayakura iyo mu manegeka aho usanga nta suku n’umutekano biharangwa.

Mu bice bimwe na bimwe, hari ubwo ijerekani y’amazi ya Wasac(Ikigo gishinzwe gusukura no gutanga amazi)igurishwa 300frw cyangwa 500frw ku muturage uyagejejweho n’abanyamagare bakoze ibirometero nka 20. Ku bera iyo mpamvu, mu ngo zimwe na zimwe, uwoze litiro 1 y’amazi yitwa umukungu udasesagura.
Amazi2Nko mu Gatsata na Nyamirambo, impeshyi hari abo yumvishije abandi babiboneramo akazi ko kwikorera amajerekani arenze abiri(40L), kuko hari ubwo ijerekani igeza kuri 1000frw. Icyo gihe, hari abadatinya kubishoramo imodoka zishoboye imisozi ngo bakorere icyo cyashara.

Wasac n'amaziUbwo Wasac yemeza ko mu minsi iri imbere(umwaka utaha wa 2016), amazi muri Kigali azaba yikubye hafi kabiri(avuye kuri metero kibe 65000 akagera 120000 ku munsi), twizere ko bitazakomeza kuba ibya wa mugani ngo « iyo amazi abaye make aharirwa imfizi ». Naho abaturage bakifata mapfubyi, ngo « Ubuze uko agira agwa neza ».

P.B

Learn up reflecting by chess play

By this play, the brains react to various situations in order to gain with captured information. Since it was reserved for adult persons,this game can benefit to kids and children to have a shrewd mind.

Chess gameThe recent research from the University of Texas at Dallas demonstrates that the chess play is able to enhance teaching methods, improve learning and increase people’s ability to use information more efficiently.

Indeed, by this play, the brains react to various situations in order to gain with captured information. Since it was reserved for adult persons,this game can benefit to kids and children to have a shrewd mind.

According to the Newtimes, they are many talented children in Rwanda,perhaps in other countries in Africa, who will be the stars. So is related:

The Rwanda Chess Federation (FERWADE) vice president Kevin Ganza, was particularly happy for the overall winner of the under-15-category, Kevin Marius Ikuzwe, 12, a senior one student at Petit Séminaire Saint-Vincent de Paul Ndera who, many believe, is destined to be a star.

Consequently, Ganza has vowed that the federation will make special effort to assist in Ikuzwe’s development.
“The only thing we shall do is to keep training him, let him play with older players. We would wish to let him participate in international youth tournaments but most of them happened in September and another one on 5th November,” Ganza noted.

Due to the remarkable intelligence of the youngsters, the federation is now working to see that next year; all national youth tournaments will be organized such that the winners can eventually have time to register and then participate in international tournaments.
Enter Happiness

Happiness Mutete(on background’s photo), a primary three pupil of Ecole Primaire Kinunga, in Gikondo, was not supposed to get an award since prizes were only planned for the top five but the latter’s passion and skill won her an unexpected brand-new chess set.

After garnering four hard-fought points in the kids’ six-round contest, she was, in the end, unanimously nominated as best young player. The winner, Ikuzwe, had scored five points. The petite eight-year-old trounced older opponents in a swift style that intrigued, as well as amazed spectators.

Ganza, who was an arbiter during the tournament, made several stops to watch her games and he was won over by her positional play, and attacking flair.
Ganza said: “I was thrilled by her good performance. Her speed in recognizing patterns, analyzing opponents’ moves and, most of all, her confidence.[….]

Kids chess playNoella Karenzi, 13, who finished 5th, comes from a family of chess players and her older sister, Nice Isimbi, emerged 8th in the under 18 grouping.

But it was not only Ganza who was spellbound by the little girl’s guile in a game which grandmasters often call the battle of ideas. Marie Faustine Shimwa, the reigning national female champion, was shocked to find kids as young as Mutete “playing chess at that level.”

Shimwa said: “I played a friendly game with her at the end of her first two rounds in the competition. I can’t really tell what motivates her but you see the joy in her as she plays. And that is really very good. She too will be a champion one day.”

The third year Electronics and Telecommunication Engineering student at the University of Rwanda College of Science and Technology was impressed by the young girl’s ability. But, Shimwa admits, what she observed signaled that she cannot afford to rest on her laurels.

“I was surprised but also very happy. It is good to see that they are eager to learn more. It is also good for Rwanda Chess. Leaving the venue that day, the only thing on my mind was the thinking that these kids are going to make a big change.”[…]

editorial@newtimes.co.rw

Mon Afrique: richesse et misère s’embrassent?

Pour ces pays et tant d’autres, les naissances ne sont pas un luxe, mais un atout et un défi. Pas un luxe, car il faut pouvoir les nourrir, les former et préparer leur avenir.

Jeunesse et bidonvilles

Dans ses visites au Kenya, en Uganda et en Centre Afrique, le Pape François a touché du doigt l’espérance de la jeunesse.

Pour ces pays et tant d’autres, les naissances ne sont pas un luxe, mais un atout et un défi. Pas un luxe, car il faut pouvoir les nourrir, les former et préparer leur avenir.

C’est un atout, car ces jeunes pleins d’enthousiasme sont un lieu d’espérance. C’est un défi, car la mortalité et la malnutrition les guettent dans les guettons urbains et les bidonvilles.

Pourtant, les gratte-ciel y poussent comme des champignons.
Aussi va-t-il  sans dire que là où la misère et la richesse s’embrassent, le modèle de développement devra être équitable, inclusif et durable.

By P.B

Magufuli’s war on waste,a wink to african Presidents

Dr John MagufuliHe took office with a surprising action: to cancel Independance Day celebrations. The Tanzania’s new President John Magufuli wants to stop spending money when people are dying of diseases such as cholera. It can be a wink to all african Presidents

Magufuli’s war on waste

Kubaho ni ukuramuka

Kubaho mu mijyi birarushaho kugora. Muri Kigali ho bikaba ibindi. Ubwo kandi ni ko akazi kagenda kaba ingume. Rimwe na rimwe kagashakirwa n’ahadakwiye. No gucuruza ku gataro nta mutekano bitanga ku muntu wirirwa abunza umutwaro ku mutwe n’umwana mu mugongo.

Na ko ni akazi

Nyamara hari ubwo aba ari bwo buryo bwa nyuma bwo kwivana mu bukene. Aho ako kazi ntikaruta kwiba no gusabiriza?Hakenewe amategeko arengera abagakora.

Vuba aha, umugabo n’umugore barakennye birabayobera. Mu rwego rwo kwirwanaho, bigira inama yo gushaka imibereho.

Umugore ati « Guhora nirukankanwa na ba DASSO, birandambiye ». Iby’Agakiriro batubwira ni ugukina ku mubyimba umuntu waburaye. Gusabiririza na byo biteye isoni!Yewe ni amayobera.
Umugabo ati « Ko no guhinga bitunaniye kubera ikirerere gihindagurika kandi n’udufaranga wazanaga aritwo twishyuragamo agafumbire k’inyongeramusaruro? » Turagana he rwose n’amafaranga ya Mitiweli hanze aha?!

Umugore araseka cyaneee, amuteye umugongo. Ni ko kumubaza, ati  « None tubigenze dute ga Mutwaaa?! »Hashize akanya arahindukira aramwegera, ati « Ariko, hari igitekerezo nagize. »Umugabo ,ati « Mbwira Bwiza bwanjye! »
Umugore, ati « Mperutse kubona umugabo n’umugore basohotse muri iriya BAR yo hakurya hariya, agatwenge ari kose, babara inoti nk’abavuye muri banki. Niba ubyemera, reka duhaguruke natwe tujye kumansura. »


Umugabo ariyumviraaa…Ati « Sinarinzi ko igitekerezo nk’icyo cyakuzamo pe! Ibyo tuzabishobora koko? » Nyuma, ati « Nta kundi, kandi ngo ntayo itinya itarungurutse. » Nuko buri wese yikoraho uko ashoboye, umugore si ukwisiga no kwitera karahava. Umugabo na we akubitamo amadarubindi yo kwiyoberanya.
Ijoro rirabahira, buri umwe akora kabiri. Ubwa gatatu bageze ku ishiraniro, umugore arasimbuka, ati « Rekeraho Yoha, ibi byo ni ibisanzwe! »Bacanye baratangara, baherezanya ibiganza, bati « Twihute tuve hano, turabara tugeze kure. »


Bageze mu rugo, umugore azamura umukagato w’inoti ageza ku bihumbi ijana na makumyabiri. Naho umugabo akuye mu ruhago ibihumbi mirongo itanu gusa, atangira kwisobanura. Ati, « Uyu munsi abipfubuza bari abahanya. Burya narinje ngira ngo ndebe ko hari umugabo wambenguka, na byo nkagerageza. »
Umugore, ati  « Birahagije. N’ubwo twahemukiranye, ayangaya azaturenza iminsi. Burya kubaho ni ukuramuka ».Ntibyoroshye!

P.B

Si l’Afrique n’est pas oubliée dans la COP21

‘COP21 émettra sans doute des corrections nécessaires pour éviter les inégalités récurrentes »

climatSur le climat, les espoirs et les attentes sont multiformes. On espère que cette Conférence sur le climat à Paris(COP21) aura les formes d’égalité, de fraternité et de liberté. Sinon, ce sera le chaos organisé.

D’égalité, car la vie quotidienne montre que les pays du Sud et du Nord ne peuvent pas suivre la même marche à pas égales. Déjà, là où ils ont la même voix(vote), ils n’ont pas le même poids dans les instances de décisions(FMI, par exemple).

COP21 émettra sans doute des corrections nécessaires pour éviter les inégalités récurrentes. Et ces pays du Sud, spécialement venus d’Afrique, ne se sont pas déplacés pour tendre la main ou demander l’aumône.

De cela découlera la forme de fraternité dont le fond prend toujours les couleurs de promesses. On entendra des  millions de dollars ou d’euros promis à l’Afrique pour ceci ou pour cela; débloqués en compte-goutte jusqu’en 2020 ou 2030!

Raison suffisante pour dire que l’Afrique n’est pas oubliée. Mais ce qu’on oubliera, c’est que l’Afrique est un continent de plus plus de 54 pays, aux multiples climats et cultures.

Alors que, pour la même cause, le budget d’un pays industrialisé est évalué en milliards, l’Afrique mérite moins qu’un pays. C’est comme s’il n’est pas bon pour elle de faire des choses de grande envergure!

Certes, cela relève de la liberté du donateur et pose la question de la capacité de ces pays pauvres à prendre en main leur destinée. Mais la justice et le changement climatiques ne passeront que si l’Afrique n’est pas oubliée en tant que continent.

By P.B

Sur le même sujet:http://www.lemonde.fr/afrique/article/2015/12/01/climat-ne-pas-oublier-l-afrique_4821638_3212.html

Grâces de la visite du Pape François aux Centrafricains

Le pape et les orphelinsC’était une visite inquiétante mais aussi porteuse d’espoir. Cette visite en République Centre Africaine(RCA) était la marque d’audace et de courage, tant pour le pays que pour l’Église. Elle a été un réservoir de grâces pour ceux qui ont de quoi puiser.

Regain de vie

En quelques heures,le climat s’est éclairci en Centre Afrique. Il n’était pas le même qu’à Paris qui réunissait le sommet des dirigeants du monde.Dans cet autre pays,les brouillards de la peur se sont miraculeusement repliés au passage du Pape François.

La voix de la violence s’est tue. Le cri des enfants et de tout-petits a retenti en appel de justice. Tout le peuple exultait, chantait et dansait au rythme des branches d’arbres portées et agitées. Regain de vie et de bénédiction dans un pays où l’on ne voit que malédiction. Mais, avec quel esprit le Pape s’est-il dirigé vers ces milliers d’enfants, de sympathisants et de curieux?

A Bangui, Esprit de paix et de lumière

Dans la Capitale où tout le monde se satisfait de tranquillité d’une nuit, Bergolio est arrivé en messager de paix durable. Etait-il attendu comme un messie  au début de ce temps fort de l’Avent? Espérons que non. Ses paroles et exhortations devraient servir de lumière aux décideurs de tout horizons pour mettre en place les mesures de sécurité et de secours vraiment humanitaires.

La joie manifeste des Centrafricains a clairement montré qu’ils pourraient faire mieux s’ils étaient suffisamment aidés et soutenus. Les efforts de sécurité  déployés pour une seule personne, certes doublement de marque, parce que Chef spirituel et Chef d’État (Vatican) pourraient l’être davantage en faveur des déplacés ad intra et ad extra.

Au PK 5,messager de fraternité intégrale

« Chrétiens et musulmans,vous êtes tous frères »,rappelait le Pape dans la  Mosquée centrale du PK 5 où il a été accueilli,ce lundi 30 novembre 2015, par le grand imam Nehedi Tidjani. Et de fait,tous invoquent inlassablement le Dieu Tout-puissant. Ce Dieu ne peut-il pas aider les Séléka et les Anti-Balaka à se libérer de la » peur de l’autre? »

Après les pays anglophones(Kenya et Ouganda)aux prises avec les Shebabs somaliens,le voyage du pape dans ce pays francophone(RCA)laisse un levain de fraternité intégrale où animistes,protestants,catholiques et musulmans marcheront main dans la main pour le bien-être de tous.

Rédaction.