Irondo na Mitiweli birarikora!

Umuturage wo mu Kagari ka Nyarubungo mu Murenge wa Ngarama ho mu Karere ka Gatsibo yishwe n’abayobozi b’umudugudu bumuziza kudatunga mitiweri no gusiba irondo.

Irondo

Mu ngo nyinshi,inzara iranuma. Abana baricira isazi mu jisho. Abacungiye ku buhinzi bari mu gihe cya Gashogoro. N’abacuruzi bategereje ko hari igihinduka mu minsi mikuru ya Noheli.

Hagati aho Bene Ngango baba batemberana na Gatarina na Masotera. Mu ijoro bagasimburana n’abanyerondo. None ngo ubu irondo rirabica bigacika. Umuntu akarara iryo joro yanaburaye. Nyamara hari abashinzwe umutekano, bamwe baba bademba mu mamodoka.

Ibyo ntibikuraho gutanga amafaranga y’irondo. Aya Mitiweli yo akaza ari Karundura. Kurijyaho no kuyatanga yose, ni uguhitamo gupfa cyangwa gukira. Aha ho, abakene nta mahitamo bafite. I mirasire.com iratwereka uko abayobozi babigenza.

Ibi byo birarenze

Umuturage wo mu Kagari ka Nyarubungo mu Murenge wa Ngarama ho mu Karere ka Gatsibo yishwe n’abayobozi b’umudugudu bumuziza kudatunga mitiweri no gusiba irondo.

Gisagara Bernard wari mu kigero cy’imyaka 40 ngo yafatanywe na mugenzi we ku mabwiriza yatanzwe n’umuyobozi w’Akagali ka Nyarubungo, Bizumuremyi Gaspard.

Musengamana Leodomiri wafatanywe na Nyakwigendera, yabwiye Izuba Rirashe dukesha iyi nkuru, ko abaje kubafata bazanye urwandiko rw’umuyobozi w’Akagali.

Aba ngo ni uzwi ku izina rya Mahungu na Musabirema bashinzwe umutekano mu mudugudu, bazwi ku izina ry’Abapolisingi.
Musengimana yakomeje avuga ko basobanuriye abaje kubafata ko nta mafaranga ya mituweri bafite aho ngo nyakwigendera yabwiye Gitifu ko ategereje ko imyaka yera.

Umuyobozi w’Akagali ngo yabwiye abashinzwe umutekano mu midugudu ko batwara aba bagabo kuri polisi.
Bageze mu nzira, ngo uyu mugabo yakomeje kubinginga ababwira ko bamureka akajya kuyashaka, ariko bakamukubita bamusaba ko yihuta.
Ngo ubwo yahindukiraga abasaba imbabazi, umwe yahise amukubita inkoni agiye kugwa hasi undi amukubita igipfunsi n’umugeri ahita yikubita hasi .

Nyakwigendera akigwa hasi ngo yahise yiyanduza (kwinera) ariko ngo aba bakomeza kuvuga ko ari ibyo yigira.
Leodomiri avuga ko aba bagabo bahamagaye Gitifu bamubwira ko nyakwigendera yanze kugenda kandi yinereye, Gitifu ababwira ko agiye kwiyizira azanye amapingu.

Umurambo wa Nyakwigendera wahise ujyanwa mu Bitaro bya Ngarama mu gihe abakekwaho kumwica bagerageje guhunga ariko baza gufatwa.
Abavandimwe ba nyakwigendera bavuga ko batunguwe no kubona umuntu azira kuba ataratanze mitiweri kandi na byo byaturukaga ku bukene yari afite.

Urupfu rw’akamama

Nyakwigendera Gisagara Bernard ngo asize abana umunani .
Niyibizi J Claude, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngarama yemereye iki kinyamakuru inkuru y’uru rupfu.
Avuga ko ibi ari ibyago bitunguranye aho abakubise uyu muturage bishoboka ko batari bagambiriye kumwica, gusa ubuyobozi bukaba bubabajwe cyane no kubura umuturage bwari bushinzwe kuyobora.
Yavuze ko abakekwaho kubikora bafashwe na polisi mu gihe Gitifu w’Akagali kugeza ubu batazi aho aherereye.

Niyibizi J Claude yongeraho ko bakimenya inkuru ya biriya byago, ubuyobozi bwihanganishije umuryango wa Nyakwigendera.
Yakomeje avuga ko nyuma yo gufasha umuryango wabuze umuvandimwe gushyingura uwabo, ubu ubuyobozi bugiye kubaba hafi no mu bibazo by’ubukene bafite.
Twibaze:Bariya bana bazaba abande?Ko bari basanzwe bikeneye, bazabaho bate?Ni byiza kubafasha gushyingura uwabo!Indishyi z’akababaro(réparations financières et morales)zizabagenerwa gute kandi ryari? Uburenganzira bwo kubaho no kurindwa ihohoterwa ni ndakumirwa.

P.B
Yisome hano: Gatsibo:umuturage yishwe n’ubuyobozi
Inkuru bisa:Meya arabisobanura

When 50% of Burundians, Eryteans, Malagasiers and Rwandese will be shortest people in Africa

In some African countries, stunting is so prevalent that, considering the statistics today, 2030 almost half of the young adult population will be shorter than they should be.

Instead of some encouraging results, levels of hunger in the developing world have declined by more than one-quarter since 2000, there are still some big shocks – 795 million people still go hungry and more than one in four children are affected by stunting.

In a Nutrition Overview, the World Bank explains how undernourished children are more likely to die in the first few years of life. If they survive, they have lower educational and income attainment. Similarly, stunted children are more likely to start school later, perform more poorly on cognitive functioning tests, and are more likely to drop out of school.

Studies also showed that adults who are stunted as children earn 20% less than comparable adults who were not stunted and are 30% more likely to live in poverty and less likely to work in skilled labour. Thus, the economic costs of undernutrition, in terms of lost national productivity and economic growth, are significant – ranging up to 11% of the GDP in Africa each year.

In some African countries, stunting is so prevalent that, considering the statistics today, 2030 almost half of the young adult population will be shorter than they should be.

Looking at the B>four worst performers – Burundi, Eritrea, Madagascar and Rwanda – while the Global Hunger Index didn’t go into reasons why they performed so badly, here’s a quick analyses of why almost half of the population is just not as tall as it should be:

Burundi

Bwaki Burundi

Burundi has a very densely packed population. The vast majority rely on agriculture and are very vulnerable to climate hazards. Limited land access and limited crop diversity means that rising costs of food will affect nearly everyone, for example, the price of beans increased by nearly 50% in recent years – and the average household now spends over 70% of its income on food.

Another contributing factor is poor infant-feeding practices during an important transition period to a mix of breast milk and solid foods between six and nine months of age. In Burundi almost one in eight children are not fed appropriately with both breast milk and other foods.

Eritrea

Bwaki Erythrée

In Eritrea low land productivity is a key factor in stunting. Currently, the cultivated area is estimated at just 672,000 ha of which over 90% is under rained subsistence farming using traditional systems. Generally yields are very low and crop failures occur on average from 1 in 3 years to 1 in 5 years due to frequent erratic rainfall. Severe land degradation further reduces the land’s productivity. The total livestock population is high but productivity is low due to shortages of feed and water, and problems with pests and diseases.

Stunting is also attributed here to unsafe water and poor sanitation; access to sanitation in rural areas stands at 14%, which contribute to repeated diarrhea diseases leading to malnutrition.

Madagascar

Bwaki Madagascar

In Madagascar the driving force of stunting is a lack of money. About 76.5% of the population lives in poverty, this means that most people are unable to afford adequate nutrition. Children’s diets typically consist of only rice and root vegetables suffer from malnutrition.

Although many children consume enough calories, they have trouble growing because their diet consists almost exclusively of rice, to which cassava or a salty soup may be added and, if the family has enough money, some fatty meat.

Rwanda

Bwaki

A key issue for Rwanda’s stunting problem relates to the mothers and their lack of education on feeding and weaning. Though rates of stunting has decreased over time, the mothers’ levels of education have a clear inverse relationship with the prevalence of stunting.

Also, again relating to the mother, when pregnant women do not have appropriate nutritional intake during pregnancy, and children do not receive the foods, feeding and care required for normal growth during their first two years chronic malnutrition occurs.

Data on Rwanda shows the situation of child stunting in 2013 remained serious with the highest rates (58%) among children 6-18 months of age. Almost 15% were found to be stunted at two months which indicates a poor growth of the foetus during pregnancy.

P.B

Source: By 2030 about 50% of Burundians..

%d blogueurs aiment cette page :