Kwishimisha no kwishimira mu buriri ntibigisaba ko umugore abonana n’umugabo. Mu gihe kwikinisha byari bizwi cyane ku bagabo, ubu n’abagore babihagurukiye bashishikaye. Ntibikiri iby’abagore b’abazungu, ngo no mu Rwanda bireze, nk’uko urubuga Ubuzima.rw rubibitangaza.
Mu kubikora, bamwe bakenera filime cyangwa amashusho, abandi bakoroherezwa n’ibitekerezo. Hari ababiterwa no kubura umugabo igihe babyifuje, kubera akazi cyangwa abagabo babo bari kure, bakirwanaho muri ubwo buryo banga kubaca inyuma.
Hari n’ababiterwa no kwanga guta igihe bashaka umugabo cyangwa batinya ko yabumvira ubusa, dore ko ngo abagabo basigaye bihagararaho kubera ubuke bwabo. Hari n’ubwo umutware ikamyo iba yarakwamye cyangwa ari Ntamwete; byose bikaba bisaba gushitura kandi n’umugore nta mbaraga yifitiye
Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Aufeminin.com, hari n’ababibonamo uburyo bwo kumenya aho barangira umukunzi ngo akoreho cyane cyangwa na we ngo yibwirize aho agomba kugeza.
Mu gihe kandi abagabo bamwe bikinisha bari kumwe n’abagore babo, ba nyiramama wanjye bo ngo babifashwamo neza n’abagore bagenzi babo birinda imibabaro y’ubusa. Uwashaka kumva impamvu ubutinganyi bwiyongera, yahera aha, kuko guhuza ibitsina binyuranye ntacyo bikimaze!
Buriya se ibyitwaga imibonano mpuzabitsina bizitwa iki? Bamwe bati, « Byose ni kimwe »! Ahaaa..!
By P.B
Vous devez être connecté pour poster un commentaire.