Akarere ka Gisagara : utura umuba w’ibijumba ukabara inoti!

Abaturage b’Akarere ka Gisagara bararamya igishanga cy’Akagera.Kuva aho bemerewe guhingamo ibijumba ntibagitaka inzara

Reka dutangire twibutsa ko Akarere ka Gisagara kabarizwa mu Ntara y’Amajyepfo,kakaba kagizwe n’Imirenge ikurikira: Gikonko, Mugombwa, Nyanza, Gishubi, Kigembe, Mamba, Musha,Save,Kansi,Kibirizi,Mukindo,Muganza na Ndora.

Kuva hajyaho gahunda y’uko ibishanga bigomba guhingwamo imiceri n’ibigori nk’ibihingwa byatoranyijwe, igihingwa cy’ibijumba cyari kimaze kuba ingume mu Karere ka Gisagara ndetse n’ahandi henshi mu Ntara y’Amajyepfo.

Nyamara mu Mudugudu wa Nkunamo mu Kagari ka Nyakibungo ho mu Murenge wa Gishubi, bo ibijumba barabihinze , none ubu bafite ibyo gutunga ingo bihagije kandi barimo no kugurisha imbuto y’imigozi bakabonamo amafaranga menshi.

Nk’uko abahaturiye babyivugira , Continuer à lire … « Akarere ka Gisagara : utura umuba w’ibijumba ukabara inoti! »