We are all changers

Everyone wants the change.Enterprises or householders, we are proud of topics of change.Though we have vision and innovations,we need help.First we work hard,strongly and wait for results.

Together we aim new horizons.Do you enderstand why?Because we are all changers.Therefore,make your choice.You will see.It is question of time.helolx_colors_homeIt depends up on you to take your measures and go on.The success is not so far.You will earn on every step of your way.And your life will be okey! Are you ready to try?earn_way_2

 

Site à visiter: http://www.worldGNSouthwest.co.uk

By N.Zi

Ibiganiro hagati ya Perezida w’u Rwanda,Paul Kagame na Papa François

Kuri uyu wa mbere tariki ya 20 werurwe,biteganyijwe ko Papa François yakira umukuru w’igihugu cy’u Rwanda,Perezida Paul Kagame.Nk’uko byagaragaye kuri Twitter ya Prezidansi,ngo ni ibiganiro ku miterere y’umubano hagati ya Vaticani n’u Rwanda.

Kagame à Rome

Kwitabira ubwo butumire, bibaye nyuma y’uko Papa François atangaje intumwa ye mu Rwanda,Mgr Andrzej Jozwowiz.Uyu mudiplomati azwiho kuvuga indimi eshanu:Icyongereza,Igifaransa,Igitaliyani,Igiportigali n’Ikirusiya.Ese hari isano bifitanye n’ubutumwa ategerejweho i Kigali?Aho Papa ntiyifuza gusura u Rwanda akaba ashaka kumenya icyo Prezida Paul Kagame abitekerezaho?

Kuba ari ubwa mbere agiye kwakirwa na Papa kuva yayobora u Rwanda(2000),nta gushidikanya ko Perezida Paul Kagame na we yagendanye amakenga.Igishimishije ni uko Vaticani n’u Rwanda bihujwe no kuba ibihugu bito cyane bitagubwa nabi no kuvugwa neza.

Twizere ko muri ibyo biganiro,Kibeho itazibagirana kandi ishobora gufasha mu iterambere ry’ubukererugendo biciye mu ngendo nyobokamana(pèlerinages).None se kuki itaba Lourdes yo muri Afrika mu gihe haba hagajejwe ibikorwa remezo by’ibanze kandi bihagije(imihanda n’inyubako zijyanye n’igihe)? Turahishiwe …

By P.B

%d blogueurs aiment cette page :