Kuriza abana bituma bagira ubuzima bwiza

Ni umuco udasanzwe wo mu gihugu cy’Ubuyapani.Abagabo bo mu bwoko bwa Sumotoris bagomba kuriza(faire crier) abana bakiri bato,basa n’ababahanganishije babiri babiri kugira ngo babone uzi kurira cyane.

Ngo uyunguyu ni we uba ufite ubuzima bwiza,bikagaragaza ko azakangara amahanga.Bityo akaba ari we utegurirwa kuzahabwa inkoni y’ubutware.Nta marira y’ubusa rero!

By P.B

%d blogueurs aiment cette page :